skol

Politiki

Imyanzuro yafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere yitabiriwe n’abarimo Perezida Kagame

Mu nama yahuje abakuru b’ibihugu mu karere k’ibiyaga bigari kuri uyu wa Gatatu, biyemeje (…)

Perezida Kagame yitabiriye inama yatumiwemo na Felix Tshisekedi itabonetsemo Perezida Ndayishimiye

Uyu munsi nibwo habaye ya nama y’abakuru b’ibihugu yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi mu (…)

Mali: Abasirikare bihaye imyanya ikomeye muri Guverinoma

Bah Ndaw, Perezida w’inzibacyuho wa Mali, yashyizeho guverinoma y’abaminisitiri 25, muri yo (…)

Trump yavuze uko amerewe ariko ko iminsi iri imbere izaba ikomeye

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika avuga ko ameze neza, ariko ko iminsi micye (…)

Tanzania: Umukandida wa CHADEMA yahagaritswe kwiyamamaza icyumweru kandi urugamba rugeze mu mahina

Akanama gashinzwe amatora ka Tanzania kabujije Tundu Lissu, umukandida perezida w’imena mu (…)

US: Amategeko y’ibiganiro mpaka agiye guhinduka kubera gutukana kwa Trump na Biden

Komisiyo ishinzwe gutegura ibiganiro mpaka yavuze ko izahindura uko bizajya bikorwa kugira ngo (…)

Papa Francis yanze kwakira Mike Pompeo ushinzwe ububanyi n’amahanga wa US

Vatican yanze kwakira Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Mike Pompeo (…)

Trump v Biden:Ikiganirompaka hagati yabo cyateye benshi umujinya

Ikiganiro mpaka cy’abakandida mu matora ya perezida wa Amerika cyabereye mu mujyi wa Cleveland (…)

Kim Jong-un yasabye imbabazi ku iyicwa ry’umutegetsi wa Korea y’epfo

Perezida wa Koreya ya ruguru Kim Jong-un mu buryo butamenyerewe ubwe yasabye imbabazi ku iyicwa (…)

Perezida Trump yavuze ko atazatanga ubutegetsi mu mahoro natsindwa na Biden

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanze kwiyemeza kuzahererekanya ubutegetsi (…)

Perezida Trump yateranye amagambo na perezida Xi Jinping mu nama ya UN

Ubushyamirane hagati y’Amerika n’Ubushinwa bwigaragaje mu nama rusange ngaruka mwaka y’umuryango (…)

DR Congo: Perezida Tshisekedi yagiranye ibiganiro na Kabila yasimbuye ku butegetsi

Perezida wa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yagiranye inama idasanzwe (…)

UN irizihiza imyaka 75 imaze ishinzwe -N’iki gikomeye yagezeho ?

Umuryango w’abibumbye ku isi, ONU cyangwa UN, ibihugu biwugize uyu munsi birahurira mu nama (…)

RDC: Kabila wahoze ari perezida yagarutse muri Politiki nk’umusenateri

Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2001 - 2019) (…)

Inama perezida Tshisekedi yari yatumiyemo bagenzi be bo muri aka karere yasubitswe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabwiye Radio RFI ko (…)