skol

Politiki

Perezida Ndayishimiye ntiyifuza kugirana umubano mwiza n’u Rwanda

Perezida w’Uburundi,Gen.Evariste Ndayishimiye yatangaje ko igihugu cye kidashaka umubano mwiza (…)

Kenya yahakanye ko itahagaritse indege za Tanzania bivugwa ko bari kurebana ay’ingwe

Minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu wa Kenya, James Macharia, arahakana ko nta mwuka (…)

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2020

Ku wa Gatatu, tariki ya 29 Nyakanga 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village (…)

Ibiro bya US mu Bushinwa byafunzwe mbere y’igihe ntarengwa

Abadipolomate ba Amerika bavuye mu biro bihagarariye iki gihugu mu mujyi wa Chengdu mu Bushinwa (…)

Burundi: Umukobwa w’imyaka 26 yatorewe kuyobora akarere

Mu bayobozi ba Komine batowe mu gihugu cy’u Burundi hatunguranyemo umukobwa ukiri muto w’imyaka (…)

Ubushinwa bwihimuye kuri Amerika bufunga ibiro by’uyihagarariye

Ubushinwa bwategetse ko ibiro by’uhagarariye Leta zunze ubumwe za Amerika mu mujyi wo mu (…)

Canada yashinje Amerika guhonyora uburenganzira bw’impunzi bituma isesa amasezerano bari bafitanye

Urukiko rwo muri Canada rwanzuye ko amasezerano ajyanye n’abimukira iki gihugu gifitanye (…)

Perezida Museveni yatangiye inzira yo kwiyamamaza izamufasha gutegeka Uganda imyaka 40

Ishyaka rya Perezida Yoweri Museveni wa Uganda uyu munsi ku wa kabiri ryemeje ko yamaze (…)

Kanye West yatangaje uwo yifuza ko yamwungiriza naba perezida wa USA

Umuraperi Kanye West watangiye kwiyamamariza kuyobora Amerika yavuze ko aramutse atorewe kuba (…)

Kanye West yatangiye kwiyamamariza kuyobora USA mu buryo butamenyerewe

Umahanzi w’icyamamare Kanye West yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora (…)

Imbuga za Twitter z’abakomeye muri USA zibasiwe n’ubushukanyi bunyuze muri ’Bitcoin’

Abaherwe batunze za miliyari z’amadolari nka Elon Musk, Jeff Bezos na Bill Gates ni bamwe mu (…)

Zambia yandikiye u Rwanda irubaza ibyo Sankara yashinje perezida wayo

Umunyamabanga wihariye wa Perezida wa Zambia avuga ko ubutegetsi bw’iki gihugu buri kuvugana (…)

Zambia yamaganye yivuye inyuma ibyo ’Sankara’ yashinje Perezida wayo

Ibiro bya perezida wa Zambia byatangaje ko byababajwe no kumva mu binyamakuru ko Perezida Edgar (…)

Sudan: Hakuweho ibihano byo kunywa inzoga ku batari abayisilamu n’ibyahabwaga abatagira idini

Nyuma y’imyaka irenga 30 y’ubutegetsi bwa kisilamu, leta ya Sudan yakoze amavugurura atandukanye (…)

Abiyomoye kuri RNC ya Nyamwasa bashinze undi mutwe mushya

Uguhuzagurika muri RNC kurakomeje umunsi ku wundi. Nyuma y’uko bamwe mu bari abayobozi bayo (…)