skol

Politiki

Perezida Museveni na Nkurunziza ntibumvikanye ku nama y’ abakuru b’ ibihugu bya EAC

Perezida wa Uganda Museveni yashyimangiye ko inama y’ abakuru b’ ibihugu by’ Umuryango wa (…)

Intambara y’ amagambo yadutse hagati ya DR Congo na Amerika

Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa mbere yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Amerika guteza (…)

AMATORA /RDC: Umukandida Kamerhe wisubiyeho ngo azashyigikira Felix Tshisekede

Abakandida babiri bakomeye mu batavuga rumwe na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (…)

Depite Rambo warashe mu nteko ya CAR yagejejwe imbere ya ICC

Kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Ugushyingo 2018, umudepite wahoze ari umuyobozi w’ inyeshyamba (…)

Abanyarwanda barenga 300 barimo abahoze muri FDLR bategerejwe mu Rwanda

Leta ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo yatangaje ko abanyarwanda 356 barimo abahoze (…)

Perezida Nkurunziza yoherereje Museveni ubutumwa budasanzwe

Perezida w’ u Burundi Pierre Nkuruzniza yohereje intumwa kuri Perezida wa Uganda Yoweri Museveni (…)

Impirimbanyi 3 zo ku ruhande rwa Kabila ziciwe muri Kongo

Amakuru atangazwa n’ ishyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo biciwe I (…)

Uganda yasubije u Rwanda ku bakora ibyaha bagahungirayo n’ umubano urimo agatotsi

Guverinoma ya Uganda yasubije u Rwanda ko ubutumwa bugenewe Uganda rwajya rubunyuza muri kuri (…)

Umukandida ushyigikiwe na Perezida Joseph Kabila yatangiye kwiyamamaza mbere y’ igihe

Uwo Perezida Joseph Kabila wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yahisemo ngo abe ari we (…)

Perezida Trump yongereye ibihano ku bategetsi b’ u Burundi byari birangiye

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yongeye umwaka ku bihano Barack Obama (…)

Perezida Museveni, Umuhuza mukuru w’ Abarundi yaberetse icyakemura ibibazo byabo

Perezida wa Uganda Museveni ku wa Mbere yakiriye raporo y’ ibiganiro bimaze imyaka 3 bihuza (…)

Perezida Trump yashyizeho itegeko ribuza umunyamakuru kumubaza ibibazo birenze kimwe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yashyizeho amategeko agenga ikiganiro n’ (…)

Perezida Museveni yakinishije ruhago sandali avuga ko ’Afurika ifite icyatuma iyobora siporo mu Isi’ [AMAFOTO]

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 19 Ugushyingo (…)

Perezida Ramaphosa ushinjwa kubeshya abadepite agiye gusubiza impano ya 35 000$

Perezida wa Afurika y’ Epfo Cyril Ramaphosa agiye gusubiza amafaranga yahawe nk’ impano yo (…)

Perezida Ramaphosa wa Afurika y’ Epfo arashinjwa kubeshya Abadepite

Umuyobozi w’ ishyaka Economic Freedom Fighters Julius Malema arashinja Perezida wa Afurika y’ (…)