skol

Politiki

Ese koko Melania Trump ari muri Afurika agenzwa no kwibutsa uyu mugabane amateka y’ ubukoloni?

Umugore wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri iyi minsi ari mu ruzinduko muri Afurika (…)

Umunyekongo Mukwege watsindiye Prix Nobel yageze ikirenge mu cy’ abahe Banyafurika?

Dogiteri Denis Mukwege wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa Gatanu yatsindiye (…)

Umusoro ku bikoresho by’abagore bari mu mihango ugiye kuvanwaho muri Australia

Australia yatangaje ko kigiye gukuraho umusoro utavugwaho rumwe ku bikoresho by’isuku (…)

AMATORA YA PEREZIDA WA KONGO: Tshisekedi ati ‘Nimba umukandida nzatsinda’

Umunyapolitiki Félix Tshisekedi yavuze ko ari umwe mu banyapolitiki bane bashaka guhagararira (…)

Burundi: Imiryango itari iya Leta idashaka gusibwa burundu ngo niyongere yiyandikishe

Minisiteri y’umutekano yasabye imiryango itari iya Leta mu gihugu cy’ u Burundi kugendera ku (…)

Kenya : Ubushakashatsi bwerekanye Minisiteri zamunzwe na ruswa kurusha izindi

Komisiyo ishinzwe kurwanya ruswa muri Kenya EACC yagaragaje ko Minisiteri y’ umutekano mu gihugu (…)

Burundi: Imiryango yose itari iya Leta yahagaritswe by’ agateganyo

Leta y’ u Burundi yafashe umwanzuro wo guhagarika amezi 3 ibikorwa by’ imiryango yose itari iya (…)

SONDAGE: Depite Bobi Wine yatsinda Museveni mu matora ya Perezida?

Ikinyamakuru Chimpreports cyandikirwa muri Uganda cyashizeho uburyo bwo gutora buzwi nka Sondage (…)

Perezida Trump yasabye amaboko UN ngo babuze Iran gukora ibitwaro

Perezida wa Leta Zunze za Amerika Donald Trump yasabye abandi banyamuryango b’ Akanama k’ (…)

Depite Bobi Wine yabajije Perezida Museveni uko kubabaza umwuzukuru bimera

Umuhanzi wo muri Uganda akaba n’ umudepite utavugarumwe n’ ubutegetsi Robert Kyagulanyi abenshi (…)

Perezida wa Maldives, Abdulla Yameen yatsinzwe amatora bitunguranye

Abdulla Yameen, wari usanzwe ari perezida muri iki gihugu cya Maldives yatsinzwe amatora (…)

Depite Bobi Wine yageze muri Uganda aherekezwa nk’ umuperezida[AMAFOTO]

Depite Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yasubiye muri iki gihugu nyuma yo (…)

Mike Pompeo avuga ko Amerika ’yiteguye gusubukura ibiganiro na Koreya ya ruguru’

Mike Pompeo, umunyamabanga wa leta muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ko iki gihugu (…)

Uganda: Kugaburira abana ku mashuri biracamo ibice abarimu n’ ababyeyi

Minisiteri y’ Uburezi muri Uganda umwaka ushize yashyizeho gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku (…)

Israel yemeye kwakira abimukira 1000, yangira 7000

Leta ya Isirayeli ejo kuwa mbere yatangaje ko igiye kwemerera abimukira 1000 b’Abanyetiyopiya (…)