skol

Politiki

Depite Bob Wine yarekuwe arongera ahita atabwa muri yombi

Urukiko rwa gisirikare rwo mu mujyi wa Gulu mu majyaruguru ya Uganda rwakuyeho ibirego byo (…)

Izina Robert Gabriel Mugabe barasaba ko risibwa ku kibuga cy’ indege mpuzamahanga cya Zimbabwe

Abarwaniye ubwigenge bwa Zimbabwe barasaba ko ikibuga cy’indege mpuzamahanga cy’indege cya (…)

Perezida Trump arashinjwa kubumba iminwa y’ abamufiteho amakuru mabi akoresheje amafaranga

Michael Cohen, wahoze yunganira mu mategeko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe (…)

Umugore wa Perezida Trump agiye gusura Afurika afite amashyushyu

Melania Trump, umugore wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ko (…)

Kofi Annan wayoboye Loni yitabye Imana habura iminsi mike ngo agenderere u Rwanda

Kofi Annan wigeze kuba umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye akanatsindira igihembo (…)

Uko Amerika n’ uburayi bakiriye ifatwa n’ ifungwa rya Depite Bob Wine

Itangazo ryasohowe na leta zunze Ubumwe za Amerika risaba leta ya Uganda kubahiriza (…)

Umukandida mu matora ya Perezida wa Mali yamaganye ibizava mu matora mbere y’ uko bitangazwa

Mbere y’ uko hatangazwa ibyavuye mu matora ya Perezida wa Mali, umukandida Soumaïla Cissé mu (…)

Ishyaka PSD ryizeje abatuye Ngoma ubuhinzi n’ ubworozi buteye imbere [AMAFOTO]

Ishyaka riharanira imibereho myiza n’ iterambere ry’abaturage PSD ryijeje abatuye mu karere ka (…)

Amerika irimo gushyira igitutu ku Bwongereza kubera Irani

Ambasaderi wa Amerika mu Bwongereza yasabye k’umugaragaro Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza (…)

Sebukwe na nyirabukwe ba Perezida Trump bagizwe Abanyamerika

Sebukwe na nyirabukwe ba Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomoka mu (…)

Bamwe mu bagore bo muri Argantine bababajwe n’ uko bimwe uburenganzira bwo kujya bakuramo inda

Sena y’Argentina yanze umushinga w’itegeko ryajyaga kwemerera abagore gukuramo inda imaze (…)

Joseph Kabila wari Perezida wa Kongo ntabwo aziyamamaza

Emmanuel Ramazani Shadary, niwe mukandida uzahagararira ihuriro ry’ amashyaka ari ku butegetsi (…)

Zimbabwe: Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yatawe muri yombi

Uwunganira mu mategeko Tendai Biti, umwe mu bayobozi bakuru b’urugaga rw’amashyaka atavuga rumwe (…)

Perezida wa Vietnam yakiriye Mushikiwabo baganira no kuri kanditatire ye muri OIF

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yaganiriye na mugenzi we wa (…)

Moïse Katumbi wagiwe kwiyamamaza mu matora ya perezida wa Kongo ntarava ku izima

Moïse Katumbi, utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo, aravuga ko (…)