skol

Politiki

Gahunda nshya ya Minisitiri w’intebe ijyanye n’u Rwanda nta cyo izageraho – Braverman

Suella Braverman, wahoze ari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza, yavuze ko gahunda (…)

Afurika y’Epfo yareze Israel muri ICC iyishinja kwica abasivili muri Gaza

Afrika y’Epfo yareze leta ya Israel mu rukiko Mpuzamamahanga Mpanabyaha (CPI/ICC) ku bikorwa (…)

Perezida Museveni yashinje UN gushyigikira iterabwoba muri RDC

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashinje Umuryango w’abibumbye (UN) gushyigikira iterabwoba (…)

U Rwanda rwamaganye ibyo urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rwaruvuzeho

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko u Rwanda rutemeranya (…)

Salva Kiir niwe utahiwe guhabwa inkoni yo kuyobora EAC

Perezida wa Sudan y’Epfo, Salva Kiir, agiye kujya ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika (…)

Leta ya UK yatsinzwe urubanza ku kohereza abimukira mu Rwanda

Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza yanzuye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba (…)

RDC: Kivu ya Ruguru yongeye guhindurirwa ubuyobozi

Guverineri w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Major Cirimwami Nkuba Peter, (…)

Suella Braverman uherutse kwirukanwa yashinje Sunak kwangiza gahunda y’u Bwongereza n’u Rwanda

Suella Braverman wahoze ari Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Bwongereza, yibasiye Minisitiri (…)

Perezida Tshisekedi yiyemeje kwirukana ingabo za MONUSCO na EARCF akazisimbuza iza SADC

Perezida wa Republika ya Demokrasi ya Congo, Felix Tshisekedi,yanenze ingabo za MONUSCO zimaze (…)

Gabon: Abategetsi ba gisirikare batangaje igihe cy’amatora

Guverinoma ya gisirikare yahiritse ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo Ondimba yatangaje ko (…)

Cameroun: Umuhungu wa Perezida Paul Biya yumvikanye nk’ushaka gusimbura se ku butegetsi

Amagambo ya Franck Emmanuel Biya, umuhungu w’imfura wa Perezida wa Cameroun, Paul Biya, yatumye (…)

RDC: Abatavuga rumwe na Tshisekedi mu nzira yo kwihuza mu matora

Intumwa z’abahatanira Intebe y’umukuru w’igihugu, Martin Fayulu, Moise Katumbi, Matata Ponyo, Dr (…)

Minisitiri Rishi Sunak yirukanye uwakurikiranaga ikibazo cy’abimukira bazoherezwa mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak yahinduye abagize Guverinoma ye, akuramo Suella (…)

Umudepite w’u Rwanda n’uwa RDC bateranye amagambo mu nteko ya EALA

Umudepite uhagarariye u Rwanda mu Nteko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA),Hon. (…)

EU ihangayikishijwe na jenoside ishobora kuba muri Daefour

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburaya uraburira ko muri Sudani hashobora kwaduka icyo bise indi Jenoside.