skol

Politiki

Denis Mukwege ni umushinga wa CIA muri RD Congo

Dr Denis Mukwege azwiho kudaceceka imbere y’ibibazo bya politike mu gihugu cye, ibibazo (…)

Perezida Macky Sall yakuyeho guverinoma yose ateguza inshya bidatinze

Perezida wa Senegali, Macky Sall, yasheshe guverinoma yose akoresheje iteka nk’uko itangazo (…)

Tshisekedi watanze kandidatire yashinje amahanga kumuzaniraho abakandida bazamuhigika

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko hari (…)

Perezida Tshisekedi yatanze kandidatire yo kongera kuyobora RDC

Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi yagejeje kandidatire ye muri Komisiyo y’igihugu ishinzwe (…)

Uganda: Bobi Wine yamaganye Leta yafunze Abarwana shyaka be babarirwa mu Magana

Umunya politiki Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yavuze ko abarwanashyaka be (…)

Perezida Ndayishimiye arashinjwa guha ubufasha FARDC ngo ikureho M23

Imbuga nkoranyambaga muri Kivu ya Ruguru harimo n’izikoreshwa n’abashyigikiye M23 ziri gushinja (…)

Trump arifuza kuyobora Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika nubwo akitaba inkiko

Donald Trump arifuza kuyobora Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika by’agateganyo kugeza igihe (…)

Rishi w’ Ubwongereza yumvikanye mu ijambo yamagana ubatinganyi

Ubwo yari mu nama n’abanyamuryango b’ishyaka rye ry’aba ‘Conservateur’ yashimangiye ko (…)

Burkina Faso:Perezida w’inzibacyuho Ibrahim Traoré yirukanye umukuru wa Police

Perezida Ibrahim Traoré uherutse guhirika ubutegetsi muri Burkina Faso yatangaje ko yirukanye mu (…)

Uganda: Polisi yataye muri yombi Bobi Wine utavuga rumwe na Museveni

Ukuriye Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine yatawe muri yombi ku kibuga (…)

Perezida Ruto ushinjwa gushyira Igihugu mu kaga yakoze impinduka zikomeye muri guverinoma ye

Ruto yavuze ko impinduka zari zikenewe kugira ngo banoze imikorere mu itangwa rya serivisi (…)

Biravugwa:CNDD-FDD mu mugambi wo guhitana Agathon Rwasa

Amakuru aturuka muri bamwe mu bayoboke ba CNL mu gihugu cy’u Burundi baravuga ko ishyaka (…)

Nyuma ya Denis ,Moise Katumbi nawe yatanze kandidatire ye muri komisiyo y’amatora

Kandidatire y’utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Moïse Katumbi, (…)

Amerika yakuye Kevin McCarthy ku buyobozi bw’Inteko Ishinga Amategeko

Inteko ishinga amategeko y’Amerika, umutwe w’abadepite, yaraye ikuyeho umuyobozi wayo Kevin (…)