Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika, Rex Tillerson, aratangaza ko kuri uyu wa Mbere yagiranye ibiganiro na Korea ya Ruguru, ibiganiro bigamije kuvugana ku buryo hakemurwa amakimbirane...
Umunyamuziki Bob Wine uheruka gutorerwa kuba umudepite mu nteko nshingamategeko ya Uganda yatunguye abatari bake bitewe n’imyambarire yagaragayemo mu mpera z’icyumweru gishize yatumye benshi bavuga...
Abadepite biganjemo abagabo bo mu gihugu cya Iran bari mu mazi abira nyuma yo gusakara ku ifoto ibagaragaza bari kwifotoreza kuri Federica Mogherini, umugore ushinzwe ububanyi n’amahanga mu...
Mu gihugu cya Uganda umusore yishe umukunzi we ubwo yari yamusuye, amuziza kuvugana n’undi mugabo kuri telephone.
Mr Andrew Okoth, ukurikiranyweho kwica umukunzi we yatangarije inzego z’iperereza...
Umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika asanga Perezida w’ iki gihugu Donald Trump akwiye kwegura mbere y’ intego rusange yo kumweguza iterana.
Madamu Jackie Speier...
Umuyobozi wa Polisi ya Tanzaniya, IGP Simon N. Sirro yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu Rwanda rukaba rugamije gukomeza umubano usanzwe hagati ya Polisi z’u Rwanda n’iya Tanzaniya...
Kuri uyu wa mbere taliki ya 07 Kanama nibwo ikipe ya mukura VS imaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi wahembwe nk’umukinnyi mwiza w’umwaka w’imikino ushize mu gihugu cy’Uburundi Gael Duhayindavyi...
Ikipe y’ u Rwanda Amavubi yatsinze Sudan ibitego 2-1, mu mukino wa gicuti wabaye kuri uyu wa Mbere taliki ya 07 Kanama kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Uyu mukino amakipe yombi yawuteguye mu...