skol
fortebet

Ubuzima

RDC niho hantu habi cyane ho gutura umwana

Igihugu cya Republika ya Demokrasi ya Congo ni cyo cya mbere kibi ku isi mu kubamo umwana kandi (...)

Umugore wabyaranye na Elon Musk yamureze mu rukiko amushinja kumwima umwana

Umuririmbyi Grimes yatanze ikirego gisaba uburenganzira ku bana batatu yabyaranye na Elon Musk, (...)

Kenya:Indwara itaramenyeka yibasiye abanyeshuri b’abakobwa mu mashuri yisumbuye

Abategetsi mu nzego z’ubuzima muri Kenya bakomeje gushakisha indwara itazwi imaze gutuma (...)

Abanyeshuri bo mu mashuri abanza bari mu bitaro nyuma yo kurya bombo zirimo urumogi

Minisitiri w’uburezi wa Jamaica yavuze ko abana barenga 60 bo muri icyo gihugu bajyanwe mu (...)

OMS yemeje urukingo rwa kabiri rwa Marariya itera intambwe ikomeye mu guhashya indwara yica abana cyane

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima ku Isi OMS ryemeje urundi rukingo rufite (...)

Igiciro cya lisansi cyatumbagiye cyane mu Rwanda

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse aho (...)

US: Senateri n’umuryango we bapfiriye mu mpanuka y’indege

Senateri wo ku rwego rwa leta wo muri North Dakota, umugore we n’abana babo babiri b’urubyiruko (...)

Umugore washyingiwe umusaza w ’imyaka 70 afite imyaka 13 yavuze akaga yahuye nako

Nancy Milanoi, 42, ni umugore wo mu bwoko bw’aba Masaai bo gihugu cya Kenya.

RDC: Tshopo abagera ku 1000 banduye icyorezo cya monkey pox

Kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka , hamaze kugaragara abanduye icyorezo cya Monkey pox biganje mu (...)

Leta ya Uganda yatangaje ko abaturage bayo abasaga miliyoni 8 baburara

Leta ya Uganda yagaragaje ko ihangayikishijwe n’abaturage miliyoni umunani bo muri iki gihugu (...)

Umurambo w’umugore wakuwe mu rwasaya rw’ingona muri Amerika

Polisi y’Amerika ivuga ko ingona ifite uburebure bwa metero enye yishwe, nyuma yuko ibonywe muri (...)

Donald Trump yabitswe akiri muzima n’abajura binjiriye Twitter y’umuhungu we

Konte ya Donald Trump Jr, umuhungu wa Donald Trump wahoze ayoboye Amerika, kuri X - yahoze ari (...)

Libya: Hafi 10% y’abazwi ko bishwe n’imyuzure muri bari abimukira – IOM

Umuryango mpuzamahanga wita ku bimukira (IOM) watangaje ko 10% y’abamenyekanye ko bishwe (...)

Libiya:Abasenyewe n’Imyuzure bakomeje kubura amerekezo y’ubuzima

Muri Libiya abasenyewe n’imyuzure mu cyumweru gishize mu mujyi wa Derna uri mu burasirazuba (...)

Libya:Abarenga ibihumbi 20 baburiwe irengero, OMS isaba Kudashyingura mu Mva Rusange

Nyuma y’iminsi micye muri Libya habaye Ibiza byahitanye abantu barenga ibihumbi 15, imibare (...)

0 | ... | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | ... | 1170