skol

Mu mahanga

Perezida Emmanuel Macron ari muri Maroc mu mugambi wo gutsura umubano

Guhera kuri uyu wa Mbere tariki 28 Ukwakira, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron aragirira (…)

Kenya yafunze Mwangi ushinjwa gushishikariza imyigaragambyo yo kwamagana leta

Boniface Mwangi, uzwi cyane mu guharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya, yatawe muri yombi (…)

Indege z’intambara z’u Bushinwa zongeye kuzenguruka Taiwa

Taiwani yatangaje ko ku Cyumweru u Bushinwa bwohereje indege z’intambara zirimo izitagira (…)

U Bwongereza: Minisitiri w’Ingabo yemeye ko Ingabo ayoboye zititeguye kurwana intambara

Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, John Healey, yatangaje ko Ingabo z’u Bwongereza zititeguye (…)

Tanzania: Impunzi zo mu nkambi ya Nduta zugarijwe n’icyorezo cya SIDA

Umuryango utabara imbabare wa Croix-Rouge muri Tanzania, watangaje ko mu nkambi z’impunzi (…)

Urugo rwa Perezida wa Koreya y’Epfo rwajugunyweho imyanda ivuye muri Koreya ya Ruguru

Ibipirizo birimo imyanda byajugunywe ku rugo rwa Perezida wa Koreya y’Epfo, mu karere ka Yongsan (…)

Ituri: Ukuriye ingabo yagaragaje ko adashaka Abawazalendo muri Irumu

Inyeshyamba z’Abawazalendo zaturutse muri Kivu y’Amajyaruguru, zagaragaye kuva ku itariki ya 19 (…)

U Bushinwa n’u Buhinde byagiranye amasezerano yo gukemura amakimbirane yo ku mupaka

Guverinoma y’u Bushinwa n’iy’u Buhinde zemeje ko zagiranye amasezerano yo gukemura amakimbirane (…)

Iran: Umusirikare byavugwaga ko yiciwe muri Liban yagaragaye ari muzima

Umuyobozi w’urwego rw’Ubutasi mu gisirikare cya Iran, Esmail Qaani yongeye kugaragara mu ruhame (…)

Isiraheli yishe byibuze 21 mu gitero cyagabwe mu mujyi wa gikirisitu uherereye mu majyaruguru ya Libani

Isiraheli yishe byibuze 21 mu gitero cyagabwe mu mujyi wa gikirisitu uherereye mu majyaruguru ya (…)

Israel yongeye kurasa ibisasu karundura i Gaza

Igisirikare cya Israel cyongeye kurasa ibisasu karundura mu Majyaruguru y’agace ka Gaza nyuma (…)

Liban ishobora guhinduka nka Gaza: Umuburo wa Netanyahu

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko abaturage ba Liban bagomba (…)

Uburusiya bwakatiye imyaka 72 Umunyamerika waje kurwana muri Ukraine

Mu Burusiya, urukiko rwakatiye Umunyamerika w’imyaka 72 y’amavuko igifungo cy’imyaka hafi (…)

EU yemeje ko mukeba wa Maduro ari we Perezida yemera wa Venezuela

Kuri uyu wa Kane, Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi yemeje umwanzuro wemeza ko umuntu utavuga (…)

Nigeria: Imfungwa zirenga 250 zatorotse gereza

Ubuyobozi bw’Urwego rushinzwe amagereza muri Nigeria bwatangaje ko umwuzure wibasiye gereza iri (…)