skol

Mu mahanga

Amerika ivugwaho gushaka gukoresha Aba-Kurdes barwanya Leta ya Iran

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravugwaho umugambi wo gukoresha imitwe yitwaje intwaro (…)

Iran yarashe icyicaro cy’inyeshyamba z’Aba-Kurde muri Irak

Igisirikare cya Iran cyatangaje ko cyarashe icyicaro gikuru cy’inyeshyamba z’Aba-Abakurde (…)

Impamvu inzu zitadutwe mu Buyapani zikomeje kwiyongera

Mu gihe mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere, kwiyubakira inzu biri mu bikorwa by’indashyikirwa (…)

Koreya ya Ruguru yagerageje misile zo mu bwoko bwa cruise zirasa kure cyane

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yayoboye umuhango wo kugerageza misile zo mu bwoko bwa (…)

Ingabo za Iran zavuze ko zarashe ubwato bwa Amerika

Televiziyo ya leta muri Iran imaze gutangaza ko amato yabo y’intambara yarashe ubwato (…)

AFC/M23 yemeje ko yohereje abakomando hafi ya Kisangani

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje abarwanyi kabuhariwe hafi y’Ikibuga Mpuzamahanga (…)

Uburusiya burashinja Ukraine kugaba igitero cya ’drone’ zikarohamisha ubwato bwabwo mu nyanja ya Mediterane

Ubwato bw’Uburusiya butwara umwuka kamere utunganyije (liquefied natural gas, LNG) bwarohamye mu (…)

Zelensky yemeye gufasha abafatanyabikorwa bo mu Burasirazuba bwo Hagati guhangana n’ibitero bya ’drone’

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko Ukraine irimo gutegura gahunda yo kohereza (…)

Pentagon yatangaje umwirondoro w’umusirikare wa 5 wa Amerika wiciwe mu bitero bya Iran

Igisirikare cya Amerika cyemeje izina ry’umusirikare wa gatanu wishwe n’igitero cya ‘drone’ ya (…)

Amerika yishe umusirikare wa Iran washakaga kwica Donald Trump

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyishe umuyobozi wari uyoboye umutwe (…)

Nigeria yahagaritse ingendo ntagatifu zose zerekeza mu Burasirazuba bwo Hagati

Guverinoma ya Nigeria yahagaritse ingendo ntagatifu zose zerekeza mu Burasirazuba bwo Hagati ku (…)

Abapfiriye muri Iran barenze 1000, Turikiya igerwa amajanja: Intambara irakomeje

Ku munsi wa gatanu wikurikiranya, ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel zarasanye (…)

London: Umugabo wa depite ari mu bafashwe bashinjwa kuba intasi z’u Bushinwa

Mu gihugu cy’u Bwongereza abagabo batatu batawe muri yombi bakekwaho kuba intasi z’u Bushinwa, (…)

U Bwongereza bugiye guhagarika gutanga visa ku banyeshuri bakomoka mu bihugu bine

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko igiye guhagarika itangwa rya visa z’abashaka kwigayo (…)