skol
fortebet

Mu mahanga

Franck Diongo yatanze ubutumwa bukakaye nyuma y’aho intumwa ze zihuye na Kabila

Franck Diongo washinze ishyaka MRC (Mouvement Radical pour le Changement) ritavuga rumwe (...)

Perezida mushya wa Koreya y’Epfo yasezeranyije abaturage ubumwe

Nyuma y’uko ibyavuye mu ibabarura ry’amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Koreya y’Epfo bigaragaje ko (...)

Elon Musk yatangiye kunenga ibyemezo bya Trump

Umunyemari Elon Musk na Donald Trump bari basanzwe ari nk’agati k’inkubirane, ubu ntabwo bari (...)

Ikibumbano cya Perezida Macron cyibwe

Abanyamuryango b’umuryango Greenpeace uharanira kurengera ibidukikije mu Bufaransa, bibye (...)

Nawrocki yatorewe kuyobora Pologne

Karol Nawrocki ukomeye ku mahame y’umuco gakondo, yatsinze amatora ya Perezida muri Pologne, (...)

Uganda: Abasirikare 13 batawe muri yombi bazira gutera sitasiyo ya polisi

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abasirikare 13 ba UPDF, nyuma yo gutera Ishami (...)

Umudepite w’u Burusiya yise Ukraine igihugu cy’ibyihebe

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya witwa Andrey Kartapolov, yashinje inzego (...)

USA: Umugabo yatwitse abantu umunani

Umugabo yatwitse abantu umunani bari mu myigaragambyo y’abantu bifatanyije n’imfungwa (...)

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Budage yavuze ko U Burusiya bushobora kugaba ibitero kiri OTAN

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Budage, General Carsten Breuer, yaburiye ibihugu bigize Umuryango (...)

Mu Bubiligi umudepite yambuwe ubudahangarwa kubera ubusinzi

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bubiligi yakuyeho ubudahangarwa bwa Kathleen Depoorter, umudepite (...)

Iran yababajwe n’icyifuzo cya Amerika ku ntwaro za nucléaire

Iran yagaragaje ko yababajwe n’icyifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku itunganywa ry’ingufu (...)

Perezida wa Ukraine yigambye igitero cy’amateka ku butaka bw’u Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yivuze imyato nyuma y’aho ingabo z’igihugu cye zigabye (...)

Loni iratabariza abaturage ba Gaza bugarijwe n’inzara 100%

Umuryango w’Abibumbye Loni uratanga impuruza ko abaturage ba Gaza 100% bugarijwe n’inzara nk’uko (...)

Trump yasabye Apple gukorera iPhone muri Amerika cyangwa ikishyura umusoro wa 25%

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ikigo Apple gukorera telefone za (...)

Trump yabujije Kaminuza ya Havard kwakira abanyeshuri b’abanyamahanga

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, White House, byatse kaminuza (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 1980