skol
fortebet

Mu mahanga

Perezida Macron yavuze ko nta ntwaro u Bufaransa buzongera guha Ukraine

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko igihugu cye cyageze ku rugero ntarengwa mu (...)

Perezida w’u Bufaransa yahamije ko Ukraine itazisubiza ubutaka yambuwe

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko Ukraine na yo izi neza ko idafite (...)

Israel yavuze ko itazigera iva muri Gaza, Hamas idatsinzwe

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye nta gahunda gifite (...)

Trump agiye gukuraho ibihano byari byarafatiwe Syria

Donald Trump yatangaje ko ari guteganya uburyo yakuraho ibihano byafatiwe Syria mu myaka (...)

U Burusiya bwongeye kugaba ibitero muri Ukraine bari bumvikanye agahenge

Mu ijoro rishyira ku wa 12 Gicurasi 2025, u Burusiya bwongeye kugaba ibitero by’indege zirenga (...)

Amerika na Qatar bari mu biganiro byo guha Trump indege izajya imutwara

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika biri mu biganiro n’Ubwami bwa Qatar ku (...)

Umuhengeri wishe ba mukerarugendo 10 mu Bushinwa

Umuhengeri wibasiye umugezi wa Wu hafi y’Umujyi wa Qianxi mu Majyepfo y’u Burengerazuba bw’u (...)

Peru: 13 bari barashimutiwe mu kirombe cy’amabuye y’agaciro babonetse bapfuye

Abantu 13 bo muri Peru bari barashimutiwe mu kirombe cy’amabuye y’agaciro cya sosiyete ikora (...)

Imodoka ya Papa Francis igiye kwifashishwa mu bikorwa by’ubutabazi muri Gaza

Kimwe mu byifuzo bya nyuma Papa Francis yasize atanze ni uko imodoka ye yakoreshwa mu bikorwa (...)

Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican

Perezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta (...)

Umuriro ukomeje kwaka muri Ukraine kubera ibitero by’u Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko u Burusiya bukomeje kugaba ibitero ku (...)

Trump yashyize hanze ifoto yambaye nka Papa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwe (...)

Umucamanza wa Loni yakatiwe gufungwa imyaka itandatu

Urukiko rwa Oxford mu Bwongereza rwakatiye Umucamanza w’Umuryango w’Abibumbye, Lydia Mugambe, (...)

Australia: Radio yamaze amezi atandatu ikoresha umunyamakuru wa AI ntawe ubimenye

Mu gihe ubwenge buhangano (AI) bukomeje gutera imbere umunsi ku wundi, radiyo yo muri Australia (...)

Telefone za ‘iPhone’ zicuruzwa muri Amerika ntizizongera gukorerwa mu Bushinwa

Uruganda rwa Apple rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo na telefone za iPhone, rwatangaje (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 1950