skol

Mu mahanga

Tunisia: Umudepite yafunzwe azira amagambo yavuze kuri Perezida

Ahmed Saidani wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Tunisia yakatiwe gufungwa amezi (…)

U Bwongereza bwangiye Amerika gukoresha ibirindiro byabwo mu kurasa Iran

U Bwongereza bwangiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gukoresha ibirindiro by’ingabo zabwo biri mu (…)

Trump ashobora kwitirirwa ikibuga cy’indege cy’i Florida

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batoye itegeko (…)

Perezida Macron na Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani mu ntambara y’amagambo

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron na Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni (…)

Murumuna w’Umwami Charles III w’u Bwongereza yafunguwe

Polisi yo mu Bwongereza yatangaje ko yarekuye Andrew Mountbatten-Windsor wahoze ari Igikomangoma (…)

Afurika y’Epfo yataye muri yombi umuhungu wa Robert Mugabe wayoboye Zimbabwe

Inzego z’umutekano zo muri Afurika y’Epfo zataye muri yombi Umuhungu muto w’uwahoze ari Perezida (…)

U Burusiya bwahakanye guha Abanyakenya ’visa’ ngo baburwanire muri Ukraine

Ambasade y’u Burusiya muri Kenya yatangaje ko itigeze iha Abanya-Kenya ’visa’ kugira ngo bajye (…)

Nigeria: Guverineri yagaragaye yihagarika ku muhanda, abapolisi bamurinze

Guverineri wa Leta ya Kano muri Nigeria, Abba Kabir Yusuf, wari mu rugendo yumvise akubwe, (…)

Andrew wahoze ari Igikomangoma cy’u Bwongereza yafunzwe

Polisi yo mu Bwongereza yataye muri yombi Andrew Mountbatten-Windsor wahoze ari Igikomangoma, (…)

Gen Muhoozi yarakajwe n’ubwicanyi bwakorewe abirabura muri Sudani, avuma inyeshyamba za RSF

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi (…)

Kisangani: Umusirikare yasanze umurwayi mu bitaro, aramwica

Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukorera mu mujyi wa Kisangani mu ntara (…)

Leta ya RDC yarenze ku gahenge gashya katamaze n’umunsi

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryarenze ku gahenge gashya kasabwe (…)

Vatican ntizajya muri ‘Board of Peace’ ya Trump

Vatican yatangaje ko itazajya mu rwego rwiswe ‘Board of Peace’ rwashyizweho na Perezida wa Leta (…)

U Bufaransa: Umujyanama wa Sena yahamijwe icyaha cyo gufotora ubwambure bw’abagore

Urukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye uwahoze ari umujyanama w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa (…)

Amerika na Israel byacanye umuriro ku Bubiligi bibushinja kwibasira Abayahudi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashyize igitutu cyinshi kuri Leta y’u Bubiligi (…)