skol

Mu mahanga

Vatican ntizajya muri ‘Board of Peace’ ya Trump

Vatican yatangaje ko itazajya mu rwego rwiswe ‘Board of Peace’ rwashyizweho na Perezida wa Leta (…)

U Bufaransa: Umujyanama wa Sena yahamijwe icyaha cyo gufotora ubwambure bw’abagore

Urukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye uwahoze ari umujyanama w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa (…)

Amerika na Israel byacanye umuriro ku Bubiligi bibushinja kwibasira Abayahudi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashyize igitutu cyinshi kuri Leta y’u Bubiligi (…)

U Burusiya bwashinje Clinton kwitwaza Ukraine ngo adafungwa

Intumwa ya Perezida w’u Burusiya, Kirill Dmitriev, yavuze ko Hillary Clinton akomeje kugerageza (…)

Abanyamerika bashenguwe n’urupfu rwa Jesse Jackson waharaniye uburenganzira bw’Abirabura

Agahinda gakomeje kuba kose ku Banyamerika n’abandi ku Isi, bitewe n’urupfu rw’Umunyapolitiki, (…)

Ingendo z’indege zasubukuwe ku kibuga cy’indege cya Jomo Kenyatta

Ingendo zasukubuwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cyitiriwe Jomo Kenyatta giherereye i Nairobi (…)

U Bufaransa bwasobanuye icyajyanye abasirikare babwo i Kisangani

Ambasade y’u Bufaransa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko nta gahunda (…)

Abagabo bagurisha n’imyenda y’imbere y’abagore: Urusimbi ruhangayikishije ab’i Ngoma

Abaturage bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Karembo, bahangayikishijwe n’urusimbi rushya (…)

Yajyanye abakoresha be mu nkiko abaziza ibirimo kumukura muri ‘group’ ya WhatsApp

Urukiko rwo muri Kenya rwanzuye ko gukura abakozi ku mbuga zihuriraho abakozi nk’izo kuri (…)

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika na Anthropic yakoze Claude AI

Amakuru aturuka muri Minisiteri y’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko ishobora (…)

Ibikorwa by’ingabo za Amerika birimo no gufata Maduro byatwaye hafi miliyari 3$

Ibikorwa byo kohereza ingabo za Amerika mu mazi yo ku nkengero za Venezuela n’ubu zikiriyo, (…)

Nta muntu ufite ubudahangarwa kuri visa- Marco Rubio

Umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko nta muntu (…)

Mu Bwongereza hari guteganywa itegeko ribuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga

U Bwongereza bushobora gufata ingamba zikakaye no gushyiraho itegeko ribuza abana bafite munsi (…)

U Burusiya bwamaganye ibyo kwicisha Navalny uburozi bushinjwa

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu w’u Burusiya byamaganye ibirego bishinjwa n’ibihugu bitanu byo mu (…)

Imyigaragambyo ikuraho ubutegetsi bwa Iran yagukiye mu Burayi na Amerika

Nyuma y’uko Abanya-Iran babarirwa mu bihumbi bigaragambije kuva mu mpera za Ukuboza 2025, abandi (…)