skol

Mu mahanga

Igihugu cyacu kiyobowe n’injiji ziri i Kinshasa - Gen Maj Makenga

Umugaba Mukuru w’abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira (…)

Abahungu 50 basibye ishuri bavuga ko bagiye mu mihango

Kaminuza ya Limoges mu Bufaransa iherutse gushyiraho ikiruhuko cy’abantu bagiye mu mihango, gusa (…)

Indonesia igiye kohereza abasirikare 8.000 muri Gaza

Indonesia yatangaje ko iri gutegura abasirikare 8.000 bo koherezwa muri Gaza. Ni cyo gihugu cya (…)

Sénégal: Abantu 12 bafunzwe bakekwaho kuryamana n’abo bahuje ibitsina

Umuryango ‘Stop Homophobie’ wamaganye icyemezo cya Leta ya Sénégal cyo gufunga abantu 12 barimo (…)

Impamvu nyakuri yakuye ingabo za Afurika y’Epfo muri RDC

Afurika y’Epfo yatangaje ko igiye kuvana ingabo zayo mu butumwa bwo kugarura amahoro mu (…)

Ba nyiri Instagram na YouTube barezwe kubaka ’imashini zigira abantu imbata’

Kompanyi z’imbuga nkoranyambaga za mbere nini cyane ku isi zashinjwe gushyiraho “imashini zigira (…)

Umufatanyacyaha muri dosiye ya Epstein yanze guha amakuru inteko ya Amerika adahawe imbabazi na Perezida

Ghislaine Maxwell, umugore ufungiye ubufatanyacyaha na Jeffrey Epstein, yanze gusubiza ibibazo (…)

UN Ifite Impungenge Ko Amerika Izayambura Umwenda Iyifitiye

Umuryango w’Abibumbye watangaje kuri uyu wa Mbere ko utegereje kureba niba Amerika izemera (…)

Trump yanze ko ikiraro gihuza Amerika na Canada gitahwa

Perezida Donald Trump yavuze ko atazemera ko ikiraro gishya gihuza Canada na Leta zunze Ubumwe (…)

Uganda: Minisitiri yavuze ko nta cyaha Bobi Wine yakoze, yamagana ibitero ku rugo rwe

Minisitiri Ushinzwe itangazamakuru muri Uganda akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Chris (…)

Nigeria mu bihugu bitatu birya imbwa nyinshi

Ubushakashatsi bukorwa ku mibereho y’imbwa ku Isi bwagaragaje ko Nigeria iza ku mwanya wa gatatu (…)

Pakistan yemeye gukina n’u Buhinde birebana ay’ingwe

Guverinoma ya Pakistan yemeje ko ikipe y’igihugu yayo y’umukino wa Cricket izakina n’iy’u (…)

Hamas ntikozwa ibyo kurambika intwaro

Umwe mu bayobozi bakuru ba Hamas, Khaled Meshaal, yatangaje ko uyu mutwe udashobora kwemera (…)

Koreya y’Epfo: Umuyobozi wasabye ko hatumizwa abagore b’abanyamahanga bakongera urubyaro, yirukanywe

Umuyobozi wo muri Koreya y’Epfo witwa Kim Hee-soo, yirukanywe mu ishyaka rye nyuma yo gutanga (…)