skol

Mu mahanga

U Bufaransa: Polisi yasatse icyicaro cya X, Elon Musk arahamagazwa

Polisi yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa yasatse ibiro bikoreramo urubuga nkoranyambaga rwa X, (…)

Venezuela: Abantu ibihumbi bigaragambije basaba ko Maduro arekurwa

Ibihumbi by’abantu bakoze imyigaragambyo y’amahoro mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas basaba (…)

Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Eptsein bw’uko yanduriye indwara mu busambanyi

Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Jeffrey Epstein, buvuga ko uyu munyemari yigeze kwanduzwa (…)

U Budage bugiye gushora miliyari 41 $ mu ntwaro zikoreshwa mu isanzure

Umuyobozi w’Ishami ry’Igisirikare cy’u Budage rishinzwe iby’Ikirere, Gen Michael Traut, yavuze (…)

Kera kabaye Iran yemeye kuganira na Amerika

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian yavuze ko Iran yiteguye kugirana ibiganiro na Leta Zunze (…)

Trump agiye kwakira Perezida wa Colombia batajya imbizi

Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

U Bushinwa bwahagaritse imodoka zifite ‘poignée’ zitagaragara

Bitewe n’impungenge ku mutekano zikomeje kwiyongera, u Bushinwa bwabaye igihugu cya mbere (…)

U Bufaransa ntacyo bwijeje RDC yifuza ko bushyigikira umukandida wayo ku buyobozi bwa OIF

Minisitiri w’u Bufaransa ushinzwe ubufatanye n’u Burayi n’ibihugu byo mu Muryango wa OIF, (…)

Uganda: Umwana “yavukanye” umudali wo mu Idini Gatolika mu ntoki

Umugore wo mu Karere ka Gomba, mu gace ka Saali yabyaye umwana mu buryo butangaje kuko bivugwa (…)

Amerika yahagaritse ibigo byayo byo mu Burundi

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burundi yatangaje ko ibigo bitandukanye bigengwa na (…)

Mu minsi itatu, ingabo za RDC zohereje drones zirenga 18 muri Minembwe

Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko mu minsi itatu, ihuriro ry’ingabo za (…)

Iran yashyize igisirikare cy’ibihugu byo muri EU ku rutonde rw’ibyihebe

Inteko Ishinga Amategeko ya Iran, yatangaje ko yashyigize Igisirikare cy’ibihugu byo mu Muryango (…)

Trump yavuze ko Canada, Greenland na Venezuela bishobora kuba Leta eshatu nshya za Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko Canada, Greenland na Venezuela (…)

Loni yatatse ubukene

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yatangaje ko uyu Muryango (…)

U Bwongereza: Uwabaye Minisitiri yavuye mu ishyaka ry’Abakozi kubera dosiye ya Epstein

Peter Mandelson wabaye Minisitiri mu Bwongereza yasezeye mu ishyaka ry’Abakozi riri ku butegetsi (…)