skol

Mu mahanga

Uwagerageje kwica Trump yakatiwe gufungwa burundu, ashaka kwiyicira mu rukiko

Ryan Routh wagerageje kwica Perezida Donald Trump mu 2024 ubwo yari ku kibuga cya Golf muri (…)

U Bufaransa: Marine Le Pen akomeje guhura n’uruva gusenya

Ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa bwasabye ko urukiko rw’ubujurire rwagumishaho ibihano byafatiwe (…)

Umunyamerika wunganira Bobi Wine yirukanywe muri Uganda

Inzego z’umutekano za Uganda zirukanye umunyamategeko ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Melinda Gate yavuze ku birego bivugwamo Bill Gate wari umugabo we

Melinda Frensh Gates yagarutse ku birego bya Epstain byo gucuruza abantu hagamijwe imibonano (…)

Uwari umugabo w’umugore wa Joe Biden akurikiranyweho kwica umugore we

Bill Stevenson wahoze ari umugabo wa Jill Biden mbere y’uko ashakana na Joe Biden wayoboye (…)

Iran ishobora kwanga ko ibiganiro bizayihuza na Amerika bibera muri Turikiya

Abayobozi ba Iran ntibashaka ko ibiganiro bizabahuza na bagenzi babo bo muri Leta Zunze Ubumwe (…)

U Bufaransa: Polisi yasatse icyicaro cya X, Elon Musk arahamagazwa

Polisi yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa yasatse ibiro bikoreramo urubuga nkoranyambaga rwa X, (…)

Venezuela: Abantu ibihumbi bigaragambije basaba ko Maduro arekurwa

Ibihumbi by’abantu bakoze imyigaragambyo y’amahoro mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas basaba (…)

Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Eptsein bw’uko yanduriye indwara mu busambanyi

Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Jeffrey Epstein, buvuga ko uyu munyemari yigeze kwanduzwa (…)

U Budage bugiye gushora miliyari 41 $ mu ntwaro zikoreshwa mu isanzure

Umuyobozi w’Ishami ry’Igisirikare cy’u Budage rishinzwe iby’Ikirere, Gen Michael Traut, yavuze (…)

Kera kabaye Iran yemeye kuganira na Amerika

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian yavuze ko Iran yiteguye kugirana ibiganiro na Leta Zunze (…)

Trump agiye kwakira Perezida wa Colombia batajya imbizi

Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

U Bushinwa bwahagaritse imodoka zifite ‘poignée’ zitagaragara

Bitewe n’impungenge ku mutekano zikomeje kwiyongera, u Bushinwa bwabaye igihugu cya mbere (…)

U Bufaransa ntacyo bwijeje RDC yifuza ko bushyigikira umukandida wayo ku buyobozi bwa OIF

Minisitiri w’u Bufaransa ushinzwe ubufatanye n’u Burayi n’ibihugu byo mu Muryango wa OIF, (…)

Uganda: Umwana “yavukanye” umudali wo mu Idini Gatolika mu ntoki

Umugore wo mu Karere ka Gomba, mu gace ka Saali yabyaye umwana mu buryo butangaje kuko bivugwa (…)