skol

Mu mahanga

Trump yise akaga imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko imikoranire y’u Bwongereza n’u (…)

Venezuela yavuye ku izima, yemerera abikorera gucukura peteroli

Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko yasinye umushinga w’itegeko (…)

Cuba yigaramye Trump ku byo kugirana ibiganiro na Amerika

Perezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel yatangaje ko nta biganiro igihugu cye kigeze kigirana na (…)

EU yashyize umutwe w’Ingabo za Iran ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), watangaje ko washyize Umutwe w’Ingabo za Iran uzwi nka (…)

U Burusiya bwashyikirije Ukraine imirambo 1000 y’abasirikare bayo

Ufasha Perezida w’u Burusiya mu mirimo itandukanye, Vladimir Medinsky, yatangaje ko igihugu (…)

Ethiopian Airlines yahagaritse ingendo zijya muri Tigray

Ingendo z’indege zitwara abagenzi hagati y’Umurwa Mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa, n’imijyi yo (…)

U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye

Hashize iminsi mu Bufaransa havugwa ku mushinga w’itegeko, ugamije guhindura imyumvire ku (…)

Niger: Humvikanye urusaku rw’amasasu hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga

Urusaku rw’amasasu n’ibiturika byumvikanye muri Niger hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya (…)

Amerika yarekuye imitungo ya Venezuela yari yarafatiriye

Perezida w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Amerika yarekuye Abarusiya babiri bari batwaye ubwato iherutse gufata

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarekuye abasare babiri b’Abarusiya bafatiwe mu bwato iherutse (…)

Amerika: Umuyobozi yashinjwe gusangiza ChatGPT amakuru y’ibanga

Umuyobozi w’Agateganyo w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Umutekano w’Ikoranabuhanga muri Amerika (…)

Trump yaburiye Iran ko igihe cyo kuganira kiri kuyoyoka, Amerika yiteguye

Donald Trump yaburiye Iran ko igihe kiri kuyoyoka cyo kuganira na yo ibijyanye na gahunda (…)

Umuturage yasutse ibisa n’imiti ku mudepite wa Amerika biteza impaka

Polisi ya Minneapolis ikorera muri Leta ya Minesota,, yatangaje ko umudepite wo muri iyo leta (…)

Ingabo za Ukraine zahawe umukoro wo kwica iz’u Burusiya 50.000 buri kwezi

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yategetse igisirikare cy’igihugu cye kongera umubare (…)

Israel yahawe imbohe ya nyuma na Hamas, ntiyanyurwa

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko umutwe wa Hamas wabashyikirije (…)