skol

Mu mahanga

Ukraine yamaze gutunganya umushinga wa Amerika wo guhagarika intambara

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko umushinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Perezida wa Mexique yasabye mugenzi we wa Korea y’Epfo kongera ibitaramo bya BTS

Kubera igikundiro itsinda rya BTS rifite muri Mexique Perezida w’iki gihugu, Claudia Sheinbaum (…)

Amerika ishobora kubabarira abarwanyi ba Hamas mu gihe bamanika intwaro

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora gutanga imbabazi ku barwanyi b’umutwe wa Hamas mu gihe (…)

NATO yavuze ko Uburayi buri “kurota” niba butekereza ko bwakwitabara butari kumwe na Amerika

Umunyamabanga Mukuru wa NATO, Mark Rutte, yabwiye Uburayi ko bukwiye “gukomeza kurota” niba (…)

Wazalendo na FARDC barwanye

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zasakiranye n’abarwanyi bo mu Ihuriro rya (…)

EU yemeje guhagarika ibikomoka kuri peteroli byo mu Burusiya bitarenze 2027

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, EU, wemeje gahunda yo guhagarika burundu kwinjiza ibikomoka kuri (…)

U Bushinwa: Général akurikiranyweho kumena amabanga y’intwaro kirimbuzi

Gen. Zhang Youxia wahoze ari Visi Perezida w’Inama Nkuru y’ingabo z’u Bushinwa ari gukorwaho (…)

AFC/M23 yamenyesheje Leta ya RDC ko idateze kuva mu bindi bice igenzura

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko (…)

Philippine: Ubwato bwari butwaye abantu 350 bwarohamye

Ubwato bwari butwaye abagenzi 350 bavaga ku cyambu cya Zamboanga berekeza ku kirwa cya Jolo mu (…)

Uganda yirukanye Abanyamakuru b’Abafaransa

Umuryango w’Abanyamakuru batagira imipaka (Reporters Without Borders (RSF) watangaje ko (…)

Muhoozi yahakanye iby’ikubitwa ry’umugore wa Bobi Wine

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ibyo umugore (…)

Kenya: Gachagua wabaye Visi-Perezida yashinje Perezida Ruto gushaka kumwica

Umunyapolitike Rigathi Gachagua wabaye Visi-Perezida muri Kenya, yashinjije Perezida William (…)

Israel yatangiye ibikorwa byo gushaka imwe mu mbohe zaburiye muri Gaza

Guverinoma ya Israel yatangiye ibikorwa bya gisirikare muri Gaza bigamije gushakisha imbohe (…)

Amerika: Imyigaragambyo yahinduye isura nyuma y’uko umwe mu bigaragambyaga yishwe arashwe

Imyigaragambyo mu Mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota muri Amerika yakajije umurego (…)

Perezida wa Angola yasabye Leta ya RDC gutangira vuba ibiganiro bihuza Abanye-Congo

Perezida wa Angola akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), João (…)