skol

Mu mahanga

RDC: Uvira hatangiye ibikorwa by’urugomo nyuma yuko M23 ihavuye

Kuri iki Cyumweru, ibikorwa byo gusahura no gusenyera abaturage byatangiye kugaragara mu Mujyi (…)

Gen Bolingo Matani yiyongereye ku basirikare bakuru Tshisekedi afunze

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, inzego z’umutekano zataye muri yombi umusirikare mukuru (…)

Umuforomo yatawe muri yombi azira gukubita umwana w’imyaka itanu yavuraga

Umuforomo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, i New York, yatawe muri yombi nyuma y’uko (…)

Elon Musk yajyanye mu nkiko OpenAI na Microsoft, asaba indishyi ya miliyari 134$

Elon Musk yajyanye mu nkiko ibigo bya OpenAI ari nayo ifite ikoranabuhanga rya ChatGPT na (…)

Ntabwo bizadukanga- Macron ku misoro Trump yashyiriyeho ibihugu bidashaka ko yigarurira Greenland

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko nta bikangisho cyangwa ibikorwa by’iterabwoba (…)

Hagaragajwe impungenge ko Amerika ishobora kwikura muri NATO

Uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubutabarane wa NATO, Jens Stoltenberg, yavuze ko (…)

Trump ntagiteye Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yavuze ko yahisemo kutagaba ibitero kuri (…)

Internet yasubiyeho nyuma y’intsinzi ya Museveni

Nyuma y’iminsi ine, Komisiyo Ishinzwe itumanaho muri Uganda (UCC) ifashe icyemezo cyo gukuraho (…)

Trump yahishuye ibihano azafatira ibihugu bizamwitambika yigarurira Greenland

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora gushyira imisoro (…)

Ukraine mu icuraburindi kubera ibitero by’u Burusiya

Minisitiri ushinzwe ingufu muri Ukraine, Denys Shmyhal, yatangaje ko mu bihe bitandukanye u (…)

Uganda: Bagabye igitero kuri Polisi hapfa barindwi

Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu barindwi bapfiriye mu bikorwa by’urugomo byabaye mu ijoro (…)

Burundi: Impunzi z’Abanye-Congo zigumuye, zigerageza gutaha

Impunzi nyinshi z’Abanye-Congo zacumbikiwe mu nkambi ya Busuma mu ntara ya Buhumuza iri mu (…)

Koreya y’Epfo: Yoon wahoze ari Perezida yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu

Urukiko rw’i Soul muri Koreya y’Epfo rwakatiye igifungo cy’imayaka itanu Yoon Suk Yeol wahoze (…)

Trump yavuze ko Amerika idakwiriye gukora amatora, White House ibyita amashyengo

Perezida Donald Trump yatangaje ko ashingiye ku byiza ubutegetsi bwe bumeza gukora muri manda ye (…)

Bolsonaro wayoboye Brésil yimuriwe muri gereza ‘imeze neza’

Nyuma y’igihe yari amaze afungiye ku cyicaro gikuru cya polisi mu murwa mukuru Brasilia, Jair (…)