skol

Mu mahanga

Trump yavuze ko Amerika idakwiriye gukora amatora, White House ibyita amashyengo

Perezida Donald Trump yatangaje ko ashingiye ku byiza ubutegetsi bwe bumeza gukora muri manda ye (…)

Bolsonaro wayoboye Brésil yimuriwe muri gereza ‘imeze neza’

Nyuma y’igihe yari amaze afungiye ku cyicaro gikuru cya polisi mu murwa mukuru Brasilia, Jair (…)

Iran yahagaritse kunyonga abigaragambya 800 nyuma yo gukangwa na Trump- White House

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) byatangaje ko Iran yahagaritse (…)

Cuba yahawe imirambo 32 y’abasirikare bayo baguye mu gitero Amerika yafatiyemo Maduro

Ku wa 15 Mutarama 2025, Cuba yahawe imirambo 32 y’abasirikare bayo baguye mu gitero ingabo za (…)

Machado yahaye Trump ‘Prix Nobel’ ye

Maria Corina Machado, Umunya-Venezuela uherutse kwegukana igihembo cy’amahoro cya Nobel, (…)

Amerika yafatiriye ubwato bw’ibikomoka kuri peteroli buvuye muri Venezuela

Abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko iki gihugu cyafatiriye ubwato bikekwa (…)

U Bufaransa: Depite Berville yamaganye mugenzi we wapfobeje Jenoside yakorewe Abatutsi

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa ukomoka mu Rwanda, Hervé Berville, yamaganye (…)

Perezida Suluhu yemeye ko Tanzania yafunze internet mu gihe cy’amatora

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania, yemeye ko mu matora y’umukuru w’igihugu n’ay’abagize (…)

U Bubiligi: Umukecuru w’imyaka 92 umaze umwaka adatwara imodoka yandikiwe ‘contravention’

Umukecuru w’imyaka 92 wo mu Bubiligi uba mu kigo cy’abageze mu zabukuru yaciwe ihazabu inshuro (…)

Miliyoni 21 z’abaturage ba Uganda bitabiriye amatora; Museveni ni we uhabwa amahirwe

Abanya-Uganda barenga miliyoni 21 baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu agomba gusiga bamenye (…)

Amerika yatangiye kugurisha peteroli ya Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye kugurisha peteroli ya Venezuela, aho mu cyiciro cya mbere (…)

Trump yagaragaje Zelenskyy nk’intambamyi ku guhagarika intambara ya Ukraine

Donald Trump yatangaje ko Volodymyr Zelenskyy uyobora Ukaine ari we ntambamyi ikomeye ku (…)

Venezuela: Urubuga rwa X rwari rwarahagaritswe na Maduro rwongeye gukora

Kuva ku wa 14 Mutarama 2026, urubuga nkoranyambaga rwa X rwongeye gukoreshwa muri Venezuela, (…)

Bujumbura: Barataka ubujura n’abapolisi basabiriza ku kibuga cy’indege

Nyuma ya serivisi mbi, umwanda n’ibikorwaremezo nkene ku kibuga cy’indege cyitiriwe Melchior (…)

Umushakashatsi warembeye mu isanzure yagaruwe ku Isi

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure (NASA) bwa mbere mu mateka yacyo (…)