skol

Mu mahanga

Tshisekedi yifuza ko ibiganiro bihuza Leta ya RDC n’abarimo abahagarariye AFC/M23 bibera i Kinshasa

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yifuza ko (…)

Zelenskyy yasabye Amerika gushimuta umwe mu bayobozi bo mu Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gushimuta Ramzan (…)

M23 iravugwaho gushinga ubutegetsi bwigenga – Raporo nshya ya Loni

Inzobere z’Umuryango w’Abibumbye, ONU, zasohoye raporo y’ibanze ivuga ko Umutwe wa M23 urimo (…)

Tshisekedi yafunze aba Jenerali 4 n’abandi basirikare “bashinjwa kumuhitana”

Amakuru atangazwa n’abanyamakuru batandukanye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aremeza ko (…)

Abantu 100 biciwe mu gitero cya Amerika cyo gufata Maduro muri Venezuela

Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu muri Venezuela, Diosdado Cabello, yatangaje ko abantu (…)

Kinshasa: Gen Franck Ntumba na Ndaywel boherejwe muri gereza

Gen Franck Ntumba Buamunda wahoze ari umuyobozi w’ibiro bishinzwe igisirikare mu ngoro ya (…)

Umwiryane hagati y’ubuyobozi bukuru bwa Wazalendo na FARDC

Umwiryane wavutse hagati y’ubuyobozi bukuru bw’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo ishyigikiwe (…)

Nta Munya-Uganda uzongera guhabwa Visa ya Amerika adatanze ingwate y’ibihumbi 15$

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize Uganda ku rutonde rw’ibihugu abaturage babyo bazajya (…)

Impunzi z’Abanye-Congo zirenga 100 zapfiriye mu Burundi mu byumweru bibiri

Umuryango CPCC uharanira amahoro n’umubano mwiza w’abaturage watangaje ko impunzi 105 (…)

Abapolisi babiri ba Kenya bafungiwe muri Tanzania

Abapolisi babiri ba Kenya n’Umushoferi bafunzwe n’inzego z’umutekano za Tanzania, ubwo (…)

Kuba Maduro yatwarwa afunze amaso n’amatwi ni ibisanzwe – Inzobere mu by’intambara

Iyi ni yo foto ya mbere ya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagaragaye ku mbuga (…)

Trump yatangaje ko Venezuela igiye kujya yohereza muri Amerika utugunguru miliyoni 50 tw’ibikomoka kuri peteroli

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Venezuela izajya yohereza (…)

Museveni asanga ibyo Amerika yakoze muri Venezuela bikwiye gukangura Abanyafurika

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko igitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Ibitero bya Israel kuri Liban byakomeje

Igisirikare cya Israel kirwanira ku butaka, cyarashe mu bice bitandukanye byo mu majyepfo (…)

Hafi y’ibiro bya Perezida wa Venezuela humvikanye urusaku rw’amasasu

Mu Murwa Mukuru wa Venezuela, Caracas, hafi y’ibiro bya perezida, humvikanye urusaku rw’amasasu (…)