skol

Mu mahanga

Minisitiri muri RDC yandagaje bikomeye FARDC

Minisitiri ushinzwe ubuhinzi no kwihaza mu biribwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Umusimbura wa Maduro yarahiriye kuyobora Venezuela by’agateganyo

Delcy Rodríguez uherutse guhabwa inshingano zo kuyobora Venezuela by’agateganyo, nyuma y’uko (…)

Umutingito wibasiye u Buyapani wakomerekeje batanu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, umutingito ufite ubukana buri ku gipimo cya Magnatude ya 6.4 (…)

Kenya: Ruto yasabye ko hajyaho igihano cy’urupfu ku bacuruza ibiyobyabwenge

Perezida wa Kenya, William Ruto yasabye ko hashyirwaho igihano cy’urupfu ku bantu bacuruza (…)

Abanyamerika bugarijwe n’ibicurane

Ikigo Gishinzwe Gukumira Indwara z’ibyorezo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CDC) cyatangaje (…)

Urutonde rw’ibyo Trump asaba Umuyobozi mushya wa Venezuela

Ubutegetsi bwa Donald Trump bwasabye Perezida w’agateganyo wa Venezuela kwemera gukorana na (…)

Perezida Ndayishimiye yikanze abakorera ‘abami babiri’ mu biro bye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yikanze ko mu biro bye harimo ‘abakorera abami (…)

Tshisekedi yasubiye gutakambira Perezida wa Angola

Perezida Félix Tshisekedi, wateye umugongo amasezerano ya Luanda, yasubiye gutakambira Perezida (…)

Uganda yemeje ko itazigera ikuraho internet mu gihe cy’amatora

Umunyamabanaga uhoraho muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’Itumanaho, Dr Amina Zawede, yatangaje (…)

U Bufaransa: Abantu 10 bakatiwe n’urukiko bazira kwibasira Brigitte Macron

Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron, umugore (…)

Trump yashimangiye inyota afitiye Greenland

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza ko ashaka komeka (…)

Uwari Visi Perezida wa Kenya yasabye Trump kuyigabaho igitero nk’icyo muri Venezuela

Uwari Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yasabye Perezida Donald Trump, kugaba igitero (…)

Perezida wa Colombie yaburiye Amerika ishaka kumufunga nka Maduro

Perezida wa Colombie, Gustavo Petro, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhagarika kumutera (…)

Bidasubirwaho Perezida Mamady Doumbouya yatorewe kuyobora Guinée

Urukiko rw’Ikirenga muri Guinée rwemeje ibyavuye mu matora bigaragaza ko Perezida Mamady (…)

Abasirikare b’u Burundi barenga 1000 baburiwe irengero mu kwezi gushize

Abasirikare b’u Burundi barenga 1000 barwaniraga mu bice byo mu kibaya cya Rusizi/Ruzizi mu (…)