skol

Mu mahanga

Uganda: Perezida wa Komisiyo y’Amatora aratabaza

Abarenga miliyoni 21 baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, Perezida wa Komisiyo (…)

Trump yishimiye cyane ikiganiro yagiranye n’uwasimbuye Perezida Maduro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro cya mbere na Delcy (…)

Amerika yiyemeje gufatira ingamba zikomeye Iran ikomeje guhangana n’abigaragambya

Perezida Donald Trump yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye gufata ingamba zikarishye (…)

Perezida Ndayishimiye yikomye abanga kumugira inama bagamije ko ayobora nabi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahishuye ko hari abakorana na we bamwifuriza (…)

Gen. Tshiwewe uregwa ‘gushaka kwica Tshisekedi’ yoherejwe muri gereza

Général Christian Tshiwewe Songesha, wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za RDC, yoherejwe (…)

Thailand: Abantu 28 bishwe n’impanuka y’imashini y’ubwubatsi yagwiriye gari ya moshi

Abantu 28 bapfuye abandi 80 barakomereka nyuma yuko imashini nini y’ubwubatsi igwiriye gari ya (…)

Trump yasabye abigaragambya muri Iran kwigarurira inzego za Leta

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Abanya-Iran bakomeje (…)

Twibwiraga ko ari nko gutembera muri Pariki- Umusirikare wa Afurika y’Epfo ku rugamba rwo kurwanya M23

Umusirikare wa Afurika y’Epfo ntazibagirwa ibihe bigoye yahuye na byo ubwo we na bagenzi be bari (…)

Venezuela: Abarenga 400 bari barafunzwe ku butegetsi bwa Maduro bamaze gufungurwa

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Venezuela, Jorge Rodriguez yavuze ko imfungwa (…)

Iran: Imyigaragambyo yakomeye, Trump ararubira

Abantu bakabakaba 2500 bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera mu Gihugu cya Iran, Perezida wa (…)

Trump yatutse umukozi w’uruganda rwa Ford

Donald Trump yatutse (yeretse urutoki rwa musumba zose) umukozi wo mu mu ruganda ruteranya (…)

Trump yahagaritse uruhushya rwemerera abimukira b’Abanya-Somalia kuba muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuyeho uruhushya rwahaga (…)

Yoon Suk Yeol wayoboye Koreya y’Epfo yasabiwe igihano cyo kwicwa

Abashinjacyaha bo muri Koreya y’Epfo basabye ko uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Yoon Suk (…)

Uganda yakuyeho internet kubera amatora

Ikigo cya Uganda gishinzwe itumanaho, UCC, cyatangaje ko kuva ku wa 13 Mutarama 2026 internet (…)

Abanyamerika bajyanye mu nkiko Leta ya Congo

Sosiyete y’Abanyamerika ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga mu by’imari (fintech) yajyanye mu nkiko (…)