skol

Mu mahanga

Côte d’Ivoire: Murumuna wa Alassane Ouattara yagizwe Minisitiri w’Intebe wungirije

Perezida wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, ubwo yashyiragaho guverinoma nshya, yashyizeho (…)

Itsinda ry’abasirikare ba Uganda ryateye urugo rwa Bobi Wine

Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine akaba aherutse gustindwa amatora muri Uganda, urugo rwe (…)

Inteko ya Amerika yateye utwatsi umwanzuro witambika Trump kuri Venezuela

Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika yanze gutora umwanzuro wari ushyigikiwe n’aba-Democrates, (…)

Ukraine yizeye ko ibiganiro byayihuje n’u Burusiya na USA birangiza intambara

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko yizeye ko ibiganiro byamuhuje n’u Burusiya na (…)

Amerika yavuye burundu muri OMS

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zavuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye (…)

Jeff Bezos yatangije intambara y’ubucuruzi kuri Starlink ya Elon Musk

Umukire Jeff Bezos yatangaje byeruye ko agiye gutangira intambara y’ubucuruzi kuri mugenzi we (…)

U Bufaransa bwafashe ubwato bw’u Burusiya mu nyanja ya Méditerranée

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko ingabo zirwanira zafashe ubwato bw’u (…)

Zelensky yatangaje ko Ukraine igiye kuganira na Amerika hamwe n’u Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky yatangaje ko ibiganiro by’impande eshatu bigamije kurangiza (…)

DRC: Umusirikare yakatiwe imyaka 20 azira amashusho

Capt. Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Intumwa za Trump zamaranye na Putin amasaha atatu ziga ku ntambara yo muri Ukraine

Intumwa za Perezida Donald Trump zirimo Umujyanama we, Steve Witkoff n’umukwe we Jared Kushner (…)

Intimba ni zose ku bo muri Uvira nyuma y’aho AFC/M23 ihavuye

Nyuma y’aho Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Guinée-Bissau yateguye amatora nyuma ya Coup d’Etat yo mu 2025

Guverinoma ya Guinée-Bissau yatangaje itariki y’amatora nyuma y’uko Perezida Umaro Sissoco (…)

AFC/M23 yashyikirije ibitaro bya Masisi imbangukiragutabara‎

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryashyikirije (…)

Trump yatangije komite izagenzura ibikorwa byo kubaka Gaza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangije ku mugaragaro komite (…)

Australia: Abantu batatu bishwe barashwe

Polisi ya Australia yatangaje ko abagore babiri n’umugabo umwe bapfuye barashwe n’umuntu (…)