skol

Mu mahanga

Bénin: Uwahoze ari minisitiri yafunzwe akekwaho uruhare muri ‘coup d’état’ yapfubye

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi wanabaye Minisitiri wa Siporo muri Bénin, Alassane (…)

Abasirikare batatu ba Kenya bapfiriye mu myitozo

Igisirikare cya Kenya (KDF) cyatangaje ko abasirikare bashya batatu bapfiriye mu myitozo (…)

Ibirayi biri gutangirwa ubuntu mu Budage

Ikigo gikora ubuhinzi bw’ibirayi mu Budage kiri gutanga ibirayi by’ubuntu nyuma y’uko bagize (…)

Chargé d’Affaires wa Israel muri Afurika y’Epfo yirukanywe

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo yatangaje ko Ariel Seidman wari Chargé (…)

Burkina Faso: Amashyaka ya politiki yose yasheshwe

Ubutegetsi muri Burkina Faso bwafashe icyemezo cyo gusesa amashyaka yose ya politiki yabarizwaga (…)

U Bushinwa na Amerika mu ihangana ryo kubaka ububiko bw’amakuru mu isanzure

U Bushinwa burateganya kuba bwarubatse ibigo by’ububiko bw’amakuru mu isanzure mu myaka itanu (…)

Trump yise akaga imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko imikoranire y’u Bwongereza n’u (…)

Venezuela yavuye ku izima, yemerera abikorera gucukura peteroli

Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko yasinye umushinga w’itegeko (…)

Cuba yigaramye Trump ku byo kugirana ibiganiro na Amerika

Perezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel yatangaje ko nta biganiro igihugu cye kigeze kigirana na (…)

EU yashyize umutwe w’Ingabo za Iran ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), watangaje ko washyize Umutwe w’Ingabo za Iran uzwi nka (…)

U Burusiya bwashyikirije Ukraine imirambo 1000 y’abasirikare bayo

Ufasha Perezida w’u Burusiya mu mirimo itandukanye, Vladimir Medinsky, yatangaje ko igihugu (…)

Ethiopian Airlines yahagaritse ingendo zijya muri Tigray

Ingendo z’indege zitwara abagenzi hagati y’Umurwa Mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa, n’imijyi yo (…)

U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye

Hashize iminsi mu Bufaransa havugwa ku mushinga w’itegeko, ugamije guhindura imyumvire ku (…)

Niger: Humvikanye urusaku rw’amasasu hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga

Urusaku rw’amasasu n’ibiturika byumvikanye muri Niger hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya (…)

Amerika yarekuye imitungo ya Venezuela yari yarafatiriye

Perezida w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)