skol

Mu mahanga

Abagabo bagurisha n’imyenda y’imbere y’abagore: Urusimbi ruhangayikishije ab’i Ngoma

Abaturage bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Karembo, bahangayikishijwe n’urusimbi rushya (…)

Yajyanye abakoresha be mu nkiko abaziza ibirimo kumukura muri ‘group’ ya WhatsApp

Urukiko rwo muri Kenya rwanzuye ko gukura abakozi ku mbuga zihuriraho abakozi nk’izo kuri (…)

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika na Anthropic yakoze Claude AI

Amakuru aturuka muri Minisiteri y’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko ishobora (…)

Ibikorwa by’ingabo za Amerika birimo no gufata Maduro byatwaye hafi miliyari 3$

Ibikorwa byo kohereza ingabo za Amerika mu mazi yo ku nkengero za Venezuela n’ubu zikiriyo, (…)

Nta muntu ufite ubudahangarwa kuri visa- Marco Rubio

Umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko nta muntu (…)

Mu Bwongereza hari guteganywa itegeko ribuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga

U Bwongereza bushobora gufata ingamba zikakaye no gushyiraho itegeko ribuza abana bafite munsi (…)

U Burusiya bwamaganye ibyo kwicisha Navalny uburozi bushinjwa

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu w’u Burusiya byamaganye ibirego bishinjwa n’ibihugu bitanu byo mu (…)

Imyigaragambyo ikuraho ubutegetsi bwa Iran yagukiye mu Burayi na Amerika

Nyuma y’uko Abanya-Iran babarirwa mu bihumbi bigaragambije kuva mu mpera za Ukuboza 2025, abandi (…)

Perezida Macron yagaragaje urupfu rwa Alexei Navalny nk’intege nke z’u Burusiya

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko urupfu rwa Alexei Navalny utaravugaga rumwe (…)

Abarundi bashobora kuzafasha Ndayishimiye kuyobora AU

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, afite itsinda ry’Abarundi bashobora kuzamufasha (…)

U Bubiligi bwimye Abanyamerika amakuru y’ahari amabuye y’agaciro muri RDC

Leta y’u Bubiligi yimye sosiyete KoBold Metals yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika inyandiko za (…)

Amerika ntishidikanya ko u Burusiya bwicishije Navalny ubumara bw’igikeri

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yavuze (…)

Ghana: Umurusiya yafashe amashusho y’abagore batera akabariro, ayashyira ku mbuga nkoranyambaga

Ghana: Umurusiya yafashe amashusho y’abagore batera akabariro, ayashyira ku mbuga nkoranyambaga

Hahishuwe ko Amerika iri kwitegura ibitero karundura kuri Iran

Mu gihe ibiganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran (…)

Perezida Zelensky yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Hongrie ko ashyira imbere inda

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yandagaje Minisitiri w’Intebe wa Hungary, Viktor Orban (…)