skol

Mu mahanga

Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi

Musenyeri wa Diyosezi Gatolika ya Rubaga, Paul Ssemogerere wagombaga gusoma Misa yo gusengera (…)

Umugabo yarasiwe hafi y’urugo rwa Perezida Donald Trump

Umugabo witwaje intwaro yarasiwe muri metero nke z’ahantu hafatwa nko kuvogera urugo rwa (…)

Abanye-Congo bahungiye i Burundi bagizwe ingwate za politiki y’inda

Impunzi z’Abanye-Congo zahungiye mu Burundi, ziturutse mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, zirarira (…)

Akarere ka Karongi mu rugendo rwo gusubiza mu ishuri abana 1800 baritaye

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko kubufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bari (…)

Indege 50 za Amerika zerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati hakekwa intambara ikomeye

Indege 53 zirimo iz’intambara zagaragaye mu kirere kigana mu Burasirazuba bwo Hagati ziciye mu (…)

Abantu 38 biciwe mu gitero cyagabwe muri Nigeria

Umuvugizi wa Polisi muri Leta ya Zamfara yo mu Burasirazuba bwa Nigeria, Yazid Abubakar, (…)

Kenya yasabwe gukuraho igihano cy’urupfu

Ihuriro Mpuzamahanga ry’Impugeuke mu by’Amategeko (ICJ) Ishami rya Kenya ryasabye icyo gihugu (…)

Umugore wa Dr. Kizza Besigye yavuze ko ubuzima bwe buri mu kaga

Umugore wa Dr. Kizza Besigye, Winnie Byanyima, yavuze ko ubuzima bw’umugabo we buri mu kaga aho (…)

Israel yarashe muri Liban, hapfa abarimo umuyobozi ukomeye wa Hezbollah

Abantu 10 barimo n’umuyobozi ukomeye mu mutwe wa Hezbollah baguye mu bitero Igisirikare cya (…)

U Bwongereza: Murumuna w’Umwami Charles III agiye kuvanwa mu bazamusimbura

Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, Luke Pollard, yatangaje ko hagiye gutorwa umwanzuro ubuza (…)

Trump yamaganye umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga utesha agaciro imisoro yashyiriyeho ibihugu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaganye umwanzuro w’Urukiko (…)

Perezida wa Brésil yifuza ko Maduro aburanira mu gihugu cye

Perezida wa Brésil Luiz Inacio Lula da Silva yatangaje ko Nicolas Maduro wayoboraga Venezuela (…)

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko rigiye kurekura abasirikare 230 ba Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

U Burusiya bwaburijemo igitero cy’iterabwoba cyari cyateguwe ku munsi w’ingabo

Urwego rushinzwe Ubutasi imbere mu Burusiya (FSB) rwatangaje ko rwaburijemo igitero cyari (…)

Bobi Wine yasabwe kureka imikino y’injangwe n’imbeba

Perezida w’ihuriro ry’amashyaka riharanira Impinduka za Demokarasi (Forum for Democratic (…)