skol

Mu mahanga

Valadmir Putin yanze imbwa yahawe n’ Ubuyapani

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yahawe imbwa na guverinoma y’ Ubuyapani arayanga. (…)

“Nakundaga Perezida Museveni akiri umukene” Dr Kizza Besigye

Dr Kizza Besigye wahataniraga na Perezida Museveni intebe y’ umukuru w’igihugu mu matora yabaye (…)

Perezida Trump yahakanye ibivugwa ko Uburusiya bwamufashije mu buriganya bigatuma atorwa

Perezida mushya wa Leta z’ Ubumwe z’ Amerika Donald Trump yahakanye ibyari byatangajwe ko (…)

Perezida Barrow na AU batesheje agaciro amagambo ya Perezida Jammeh

Adama Barrow, Perezida mushya uherutse gutorerwa kuyobora igihugu cya Gambia yatesheje agaciro (…)

‘Gutekereza ko ubutegetsi bwa Nkurunziza butemewe ni uguta umutwe’

Umuhuza mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu Burundi Benjamin Mkapa afata gutekereza ko (…)

Kenya:Umusore afunzwe ashinjwa kwicisha Nyirabuja umupanga

Polisi yo mu giturage cya Ingobor, mu gihugu cya Kenya, ifunze umusore w’imyaka 23 y’amavuko (…)

Koreya y’ Epfo abadepite beguje Perezida w’ iki gihugu ’ Park Geun-Hye’

Inteko ishinga amategeko ya Koreya y’ epfo kuri uyu wa gatanu tariki 9 Ukuboboza 2016 batoye (…)

Malawi yataye muri yombi Vincent Murekezi ukekwaho Jenoside

Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Ukuboza, Igipolisi cya Malawi cyataye muri yombi Umunyarwanda (…)

Perezida Jammeh uherutse gutsindwa mu matora yasabiwe gukurikiranwa mu nkiko

Perezida wa Gambia uherutse gutsindwa mu matora y’ umukuru w’ igihugu agahita asimburwa (…)

Kenya: Abarwayi barindwi bapfuye bazize kubura abaganga babitaho

Mu gihugu cya Kenya abaganga n’ abaforomo bakora mu bitaro n’ ibigo nderabuzima bya Leta baretse (…)

Ibihugu bitanu by’ Afurika byahagaritse ibitoro biva mu Burayi byanduye bigatera abaturage indwara

Ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku bidukikije ryatangaje ko ibihugu bitanu byo muri (…)

USA yatahuye ambasade yayo ya baringa muri Ghana, imaze imyaka 10 itazwi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yamaze kuvumbura abatekamutwe bashinze ambasade yayo (…)

Hagaragajwe impamvu ibihugu byinshi byanze gusinya ingingo yemerera abaturage kurega Leta muri AU

Abasesenguzi mu by’uburenganzira bwa Muntu bavuga ko bamwe mu bategetsi b’ibihugu bya Afurika (…)

Afurika y’Epfo: Perezida Zuma yasabye gukurwaho icyaha cya Ruswa

Nyuma y’uko Perezida w’Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yemerewe kuguma ku butegetsi ndetse (…)

Gambia: Jammeh wavuze ko Imana ariyo izamukura ku butegetsi yatsinzwe mu matora y’ umukuru w’ igihugu

Adama Barrow yagize amajwi 263, 515, (45,54%) naho Perezida wari ku butegetsi Yahya Jammeh mu (…)