skol

Mu mahanga

Kenya yarekuye abakekwaho iterabwoba, Somalia hapfuye 14, uko iterabwoba rihagaze muri Afurika

OCPD Lucas Ogara yavuze ko barekuye batatu muri barindwi bakurikiranyweho iterabwoba kuko babuze (…)

Sudani y’ Epfo: Minisitiri w’ umurimo yeguye, avuga ko agiye kwiyunga kuri Riek Machar

Minisitiri w’ umuirimo wa Sudani y’ Epfo Gabriel Duop Lam yeguye ku mirimo ye avuga ko agiye (…)

Abanyeshuri 65 barembeye rimwe, harakekwa ibiryo bihumanye

Abanyeshuri 65 biga mu ishuri ry’ itorero Kangulumira Church of Uganda bahawe ibitaro nyuma yo (…)

Uwahoze ari umusirikare yavuze icyatumye yanga inshingano yahawe na Trump

Muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Vice Amiral Robert Harward yanze umwanya w’ umunjyanama mukuru (…)

Australia: Kiliziya yishyuye abahohotewe bishingiye ku gitsina miliyoni 276 z’ amadorali

Mu gihugu cya Australia Kiliziya gatolika yarishye abakorewe ihohoterwa rishyingiye ku gitsina (…)

Inkongi yibasiye ibiro bya Minisitiri w’Ubuhinzi muri Malawi hangirika byinshi

Inyubako ikoreramo Minisitiri w’Ubuhinzi n’ubworozi muri Malawi yafashwe n’inkongi y’umuriro, (…)

Uganda: Abashinwakazi babiri basanzwe mu nzu bapfuye nyuma yo guterwa ibyuma

Mu gihugu cya Uganda hari gukorwa ipereza ryimbitse ngo hamenyekane abishe abashinwakazi babiri (…)

Umujyanama wa Perezida Trump ikiganiro yagiranye n’ Ambasaderi w’ Uburusiya cyamukozeho

Michael Flynn wari umujyanama mukuru wa Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump mu (…)

Perezida Trump yavuganye na Buhari wa Nigeria amutumira I Washington

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika, Donald Trump kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 (…)

Umusirikare wa Gambia akurikiranyweho gushaka kwica Perezida Barrow

Umusirikare wahoze arinda Yahya Jammeh wari Perezida wa Gambia yatawe muri yombi nyuma yo (…)

Tanzania yungutse miliyoni 350 kubera guhagarika ingendo z’ abayobozi bakuru

Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli Umwaka umwe gusa Perezida wa Tanzania John Magufuli (…)

EU yagobotse Leta ya Gambia iherutse gusahurwa akayabo

Umuryango w’ Ubumwe bw’ ibihugu by’ Uburayi wemereye igihugu cya Gambia imfashanyo ingana na (…)

Abarwanyi 750 bahoze ari aba M23 baburiwe irengero

Abarwanyi bagera kuri 750 bahoze ari ab’ umutwe wa M23 bari mu nkambi ya Bihanga iherereye mu (…)

Urukiko rwateye utwatsi umugambi wo gufunga inkambi icumbikiye benshi ku isi

Urukiko rwahagaritse umugambi wo gufunga inkambi y’ impunzi ya Dabbad mu gihugu cya Kenya, (…)

Abantu 5 bapfuye barohamye mu Kiyaga cya Tanganyika abandi benshi baburirwa irengero

Ingabo z’ Umuryango w’ Abibumbye Monusco ziri mu barimo gushakisha ababuriwe irengero Ubwato (…)