skol

Mu mahanga

Ubushinwa: Abantu 16 bafunzwe bazira kugurisha impyiko z’ abantu magendu

Mu gihugu cy’ Ubushinwa abantu 16 barimo abaganga babiri, umuforomo ndetse n’inzobere mu gutera (…)

Donald yifurije Abanzi ndetse n’abamundwanyije umwaka mushya

Perezida Donald Trump uheruka gutorerwa gusimbura Brack Obama ku buyobozi bwa Leta zunze ubumwe (…)

Uganda:Polisi ifunze Abantu 200 bazira gusahura bitwaje intwaro

Polisi yo mu mujyi wa Kampala yataye muri yombi abantu basaga 200, bashinjwa urugomo no kwitwaza (…)

RDC: Amasezerano y’ umuti ku kibazo cy’ amatora yashyizweho umukono

Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo n’abatavuga rumwe nayo kuri uyu wa 31 Ukuboza (…)

Perezida Trump yashimiye Putin w’Uburusiya ku cyemezo cyo kutihorera kuri Amerika

Donald Trump uheruka gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’Amerika, yashimye imyitwarire ya (…)

Perezida Kabila yabujijwe guhindura Itegeko Nshinga

Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Joseph Kabila babujijwe guhindura itegeko (…)

‘U Rwanda nirudasaba imbabazi tuzahagarika imigenderanire’ Nkurunziza

Perezida Nkurunziza yatangaje ko u Burundi bwiteguye guhagarika umubano n’ubuhahirane ubwo (…)

Undi muyobozi wa Islamic State yishwe

Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko uwari umuyobozi ukomeye mu mutwe wa Leta ya Kiyisilamu mu (…)

Perezida Nkurunziza yatangaje ko iwabo bajyaga gutaburura imirambo

Mu masengesho y’iminsi 7 yo gushima Imana yarinze ighihugu cy’u Burundi, Perezida Nkurunziza (…)

Perezida Rodrigo yashyizeho igihano cyo guhanura abarya Ruswa mu ndege

Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte yatangaje ko azegeranya abayobozi barya ruswa (…)

Madamu Fernandez wayoboye Argentine, mu rukiko ashinjwa ruswa

Cristina Fernandez wayoboye Argentine imyaka umunani, yagejejwe imbere y’ubutabera kuri uyu wa (…)

Amerika: Umunyarwanda w’ imyaka 19 wavukiye ku Muhima, amaze imyaka 2 atwara indege

Umunyarwanda witwa Mugisha Kamana Jean-Marie Consolateur, ubu ufite imyaka 19 avuga ko yatangiye (…)

Abanyarwanda babiri baburanishijwe na TPIR bakiriwe na Ghana

Dr Bizimungu, wigeze kuba Ministri w’ubuzima na Ministiri w’ububanyi n’amahanga, wahanaguweho (…)

Indege y’igisirikare cy’Uburusiya yarohamye mu nyanja

Indege y’igisirikare cy’Uburusiya yarohamye mu nyanja y’umukara ubwo yari itwaye abagenzi 92 (…)

‘Kuririmba ngo wagize Noheli hari umuturanyi wishwe n’ inzara ntabwo byaba ari byiza’ Madamu wa Perezida Nkurunziza

Umufasha wa Perezida w’ u Burundi arasaba Abantu kubabarirana. Ikindi ngo muri iyi minsi mikuru (…)