skol

Mu mahanga

Tanzania yungutse miliyoni 350 kubera guhagarika ingendo z’ abayobozi bakuru

Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli Umwaka umwe gusa Perezida wa Tanzania John Magufuli (…)

EU yagobotse Leta ya Gambia iherutse gusahurwa akayabo

Umuryango w’ Ubumwe bw’ ibihugu by’ Uburayi wemereye igihugu cya Gambia imfashanyo ingana na (…)

Abarwanyi 750 bahoze ari aba M23 baburiwe irengero

Abarwanyi bagera kuri 750 bahoze ari ab’ umutwe wa M23 bari mu nkambi ya Bihanga iherereye mu (…)

Urukiko rwateye utwatsi umugambi wo gufunga inkambi icumbikiye benshi ku isi

Urukiko rwahagaritse umugambi wo gufunga inkambi y’ impunzi ya Dabbad mu gihugu cya Kenya, (…)

Abantu 5 bapfuye barohamye mu Kiyaga cya Tanganyika abandi benshi baburirwa irengero

Ingabo z’ Umuryango w’ Abibumbye Monusco ziri mu barimo gushakisha ababuriwe irengero Ubwato (…)

Imodoka zakumiriwe mu murwa mukuru wa Somalia Mogadiscio

Ba nyir’ imodoka basabwe kutinjira mu murwa mukuru wa Somalia Mogadishu bitewe n’ amatora y’ (…)

MISIRI : Abakuru b’idini bateye utwatsi icyifuzo cya Perezida Abdel-Fattah al-Sisi

Perezida wa Misiri Abdel-Fattah al-Sisi Urwego rw’abigisha ba Islam mu Misiri, al-Azhar, rwa (…)

Itegeko rya Perezida Trump ryatangiye guteshwa agaciro

Umucamanza wa Leta, muri Leta ya Washington mu majyaruguru ashyira uburengerazuba yahagaritse (…)

Yuhi VI, umwami ugiye gusimbura Kigeli V Ndahindurwa

Emmanuel Bushayija wavutse mu 1960, akaba umwuzukuru w’umwami Yuhi V Musinga ndetse akaba (…)

Uganda: Inyubako zikomeje kwibasirwa n’ inkongi umusubizo

Mu rukerera kuri uyu wa 9 Mutarama uruganda rutunganya ibiribwa ‘Only Surviving fish’ ruherereye (…)

Ku myaka 92, Mario Soares wahoze ari perezida wa Portugal yitabye Imana

Mario Soares, wahoze ari perezida wa Portugal ndetse akaba ari nawe washinze ishyaka (…)

Rafsanjani wabaye Perezida wa Iran yapfuye

Ali Akbar Hashemi Rafsanjani wabaye Perezida wa Iran hagati y’umwaka wa 1989 n’uwa 1997, yitabye (…)

Perezida Nkurunziza yahanuye ibizaba i Burundi, Isi igahagarara

Ijambo Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yavuze tariki 31 Ukuboza 2016 yifuriza Abarundi (…)

DRC: Mu ntara za Kasai abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane

Abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane yo mu Ntara za Kasai yo Hagati n’a Kasai y’Iburasirazuba (…)

Imyiyerekano y’Ingabo z’u Burusiya yasize benshi bakuye Ingofero (Amafoto)

Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu bya mbere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari (…)