skol

Mu mahanga

Umugabo yatawe muri yombi agerageza kwinjira mu biro bya perezida Trump

Inzego z’ubutasi muri Ameika zavuze ko umugabo wari ufite igikapu yatawe muri yombi nyuma yo (…)

Burundi: Abanyeshuri 4 bafungiye ahantu hatazwi bazira gutemberera mu Rwanda

Abo banyeshuri bajyanwe gufungirwa i Ngozi Abanyeshuri bane bo muri komini Busiga mu ntara ya (…)

Uganda : Abantu 6 bakatiwe bazira kwangiza urwuli rw’inka za Perezida Museveni

Mu gihugu cya Uganda abantu batandatu bakatiwe imyaka itatu y’ igifungo bazira kwangiza urwuli (…)

Umukwe wa Perezida Museveni arashinjwa kunyaga imirima y’ abaturage

Aba baturage ngo bazaba ku ngoro y’ Inteko ishinga Amategeko ari uko ikibazo cyabo cyakemutse (…)

Mu mafoto arimo atangaje, reba uko umunsi w’ umugore wizihijwe muri Uganda

Ejo ku wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe Isi yose yizihije umunsi mpuzamahanga w’ umugore. Perezida (…)

Amerika: Ibitaro Ibihumbi 5 byateye umugongo ubwishingizi bw’ ubuvuzi bwa Trump

Paul Ryan, umuyobozi w’ umurepubulikani ushyigikiye ’American Heath care’ Ibitaro ibihumbi (…)

Perezida Nkurunziza yemeje umuvugizi we n’Icyegera cye

Ku wa 8 Werurwe 2017, Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Pierre Nkurunziza yemeje umuvugizi we (…)

Afurika y’ Epfo ntabwo ikivuye mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha

Afurika yisubiyeho ikura mu muryango w’ abibumbye urwandiko yari yanditse ivuga ko igiye (…)

France: Umukandida ku mwanya wa Perezida yagaragaye mu myigaragambyo yambaye ubusa

Umufaransakazi Cindy Lee, ushaka kwiyamamaza mu matora ya Perezida mu Bufaransa, yatawe muri (…)

Abarwanyi ba Islamic State biyambitse kiganga bica 30, 50 barakomereka

Abantu 30 bishwe nyuma y’uko abarwanyi ba Islamic State biyambitse nk’abaganga bagatera ibitaro (…)

Mu minota 30 gusa,Trump na Kenyatta bemeranyije guhashya iterabwoba

Ku wa kabiri tariki ya 07 Werurwe 2017, mu masaha ya saa kumi n’ebyiri n’iminota cumi n’itanu (…)

Umwarimukazi arashinjwa guharabika umugore wa Perezida Museveni

Umwarimukazi muri kaminuza wo muri Uganda, akurikiranyweho kwibasira umuryango w’umukuru (…)

D R Congo yaburiwe ko ishobora gufatirwa ibihano bishya

Umuryango w’ ubumwe bw’ ibihugu by’ u Burayi EU waburiye igihugu cya Repubulika iharanira (…)

Malawi: Murekezi yakatiwe gufungwa imyaka 5 kubera kunyereza imisoro

Urukiko rw’ I Lilongwe mu gihugu cya Malawi kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Werurwe 2017 rwakatiye (…)

Trump yasinye itegeko rishya rirebana n’ abimukira, Iraq irakomorerwa

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Werurwe 2017, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald (…)