skol

Mu mahanga

Open AI na Amerika mu bufatanye buteza imbere ikoranabuhanga mu bya gisirikare

Umuyobozi Mukuru wa Open AI, Sam Altman, yatangaje ko yagiranye amasezerano na Minisiteri (…)

Buri kwezi impunzi 4500 zo muri Afurika y’Epfo zizajya zijyanwa muri Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirateganya ko buri kwezi, zizajya zisuzuma ibyangombwa by’impunzi (…)

U Bushinwa: Umukoresha yahaye abakozi be asaga miliyari 37 Frw mu birori bisoza umwaka

Umushinwa Cui Peijun, akaba na nyiri Sosiyete Henan Kuangshan Crane ikora ibikoresho birimo (…)

Denmark yaranduye iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko kugeza ubu ku Isi ibihugu 23 (…)

Trump yemeje ko Amerika iri kurasa muri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye gifite uruhare (…)

Pakistan yatangaje ko iri mu ntambara yeruye na Afghanistan

Minisitiri w’Ingabo wa Pakistan, Khawaja Muhammad yatangaje ko igihugu cyabo kiri mu ntambara (…)

Gaza: Abantu batanu baguye mu bitero by’indege za Isiraheli

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare, Ingabo zo muri Gaza zatangaje ko ibitero by’indege (…)

Amerika yanze ko Venezuela yishyurira Maduro umwunganizi

Umunyamategeko wa Nicolás Maduro ku byaha ashinjwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byo gucuruza (…)

Trump yahaye ishimwe umupilote wakomerekeye muri operasiyo yo gufata Maduro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yambitse umudali w’ishimwe umupilote wa (…)

Bwa mbere mu mateka umugore wa Perezida wa Amerika agiye kuyobora akanama gashinzwe amahoro ka Loni

Melania Trump agiye kuba umukuru inama y’akanama gashinzwe amahoro ku isi ka Loni akazaba (…)

U Butaliyani: Umurundi afungiwe kwica ababikira abisabwe na Gen Nshimirimana

Abashinzwe umutekano mu Butaliyani bataye muri yombi Umurundi w’imyaka 50 witwa Guillaume (…)

U Bwongereza: Umwana wa mbere yavutse hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye

Umwana w’umuhungu yabaye uwa mbere uvukiye mu Bwongereza hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye (…)

Abanyafurika y’Epfo babiri bapfiriye ku rugamba barwanira u Burusiya

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko hari abantu babiri bayo bapfiriye mu ntambara yo muri (…)

Amerika yigaramye igitero cyagabwe ku basirikare ba Cuba

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, (…)

Col Bahati Erasto wa AFC/M23 yavumiye ku gahera FDLR

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa (…)