skol

Mu mahanga

Uburusiya burashinja Ukraine kugaba igitero cya ’drone’ zikarohamisha ubwato bwabwo mu nyanja ya Mediterane

Ubwato bw’Uburusiya butwara umwuka kamere utunganyije (liquefied natural gas, LNG) bwarohamye mu (…)

Zelensky yemeye gufasha abafatanyabikorwa bo mu Burasirazuba bwo Hagati guhangana n’ibitero bya ’drone’

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko Ukraine irimo gutegura gahunda yo kohereza (…)

Pentagon yatangaje umwirondoro w’umusirikare wa 5 wa Amerika wiciwe mu bitero bya Iran

Igisirikare cya Amerika cyemeje izina ry’umusirikare wa gatanu wishwe n’igitero cya ‘drone’ ya (…)

Amerika yishe umusirikare wa Iran washakaga kwica Donald Trump

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyishe umuyobozi wari uyoboye umutwe (…)

Nigeria yahagaritse ingendo ntagatifu zose zerekeza mu Burasirazuba bwo Hagati

Guverinoma ya Nigeria yahagaritse ingendo ntagatifu zose zerekeza mu Burasirazuba bwo Hagati ku (…)

Abapfiriye muri Iran barenze 1000, Turikiya igerwa amajanja: Intambara irakomeje

Ku munsi wa gatanu wikurikiranya, ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel zarasanye (…)

London: Umugabo wa depite ari mu bafashwe bashinjwa kuba intasi z’u Bushinwa

Mu gihugu cy’u Bwongereza abagabo batatu batawe muri yombi bakekwaho kuba intasi z’u Bushinwa, (…)

U Bwongereza bugiye guhagarika gutanga visa ku banyeshuri bakomoka mu bihugu bine

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko igiye guhagarika itangwa rya visa z’abashaka kwigayo (…)

Ubwirinzi nkene bwatumye Abanyamerika bagwa mu gitero cya Iran muri Koweit

Nyuma y’uko Minisitiri w’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, agaragaje ko (…)

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

Amakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura (…)

NATO yasenye misile yavaga muri Iran igana muri Turukiya

Minisiteri y’Ingabo ya Turukiya yatangaje ko ubwirinzi bwo mu kirere bw’Umuryango wo Gutabarana (…)

Amerika yigambye ko yarashishije Torpedo ‘ubwato bw’intambara’ bwa Iran bwarohamye hafi ya Sri Lanka

Mu kiganiro n’abanyamakuru Minisitiri w’ingabo za Amerika yemeje ko ingabo za Amerika ari zo (…)

U Bwongereza bwahagaritse viza ku bo muri Afghanistan, Cameroun, Myanmar na Sudani

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko igiye guhagarika gutanga viza zo kwiga ku baturage bo (…)

Rodríguez wasimbuye Maduro yaba ari mu mazi abira?

Mu buryo bw’ibanga rikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ziri gutegura ibirego kuri Perezida (…)

Sri Lanka yarokoye abaturage ba Iran 30 impanuka y’ubwato

Kuri uyu wa 04 Werurwe 2026, Leta ya Leta ya Sri Lanka yatangaje ko yarokoye abanya-Iran 30 bari (…)