skol

Mu mahanga

Abarundi bashobora kuzafasha Ndayishimiye kuyobora AU

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, afite itsinda ry’Abarundi bashobora kuzamufasha (…)

U Bubiligi bwimye Abanyamerika amakuru y’ahari amabuye y’agaciro muri RDC

Leta y’u Bubiligi yimye sosiyete KoBold Metals yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika inyandiko za (…)

Amerika ntishidikanya ko u Burusiya bwicishije Navalny ubumara bw’igikeri

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yavuze (…)

Ghana: Umurusiya yafashe amashusho y’abagore batera akabariro, ayashyira ku mbuga nkoranyambaga

Ghana: Umurusiya yafashe amashusho y’abagore batera akabariro, ayashyira ku mbuga nkoranyambaga

Hahishuwe ko Amerika iri kwitegura ibitero karundura kuri Iran

Mu gihe ibiganiro byo guhosha umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran (…)

Perezida Zelensky yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Hongrie ko ashyira imbere inda

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yandagaje Minisitiri w’Intebe wa Hungary, Viktor Orban (…)

Obama yavuze kuri Trump wamugereranyije n’inguge

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yavuze ku mashusho (…)

Byatahuwe ko Amerika yakoresheje ’AI’ mu gufata Perezida Nicolas Maduro

Ibitangazamakuru nka Axios na the Wall Street Journal byagaragaje ko Igisirikare cya Leta Zunze (…)

U Bwongereza bwashinje u Burusiya kwica Alexei Navalny bukoresheje ubumara bw’igikeri

Ibiro by’Ububanyi n’Amahanga by’u Bwongereza byatangaje ko umunyamategeko utaravugaga rumwe (…)

Uruganda rwa Chery rufite imodoka zikuzwe i Kigali rwaciye agahigo mu 2025

Mu 2025, uruganda rwa Chery rwagurishije imodoka zo mu cyiciro cya SUV zigera kuri 2.315.275, (…)

Gisèle Pelicot yavuze ku mugabo we wamutegeje abagabo 72 bakamusambanya

Gisèle Pelicot yagarutse ku rubanza rwe n’umugabo we n’abandi bagabo 50, avuga ko na nyuma (…)

Ethiopia yahagaritse abanyamakuru batatu bayishinje gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo (…)

Abanyamulenge bajyanye Leta y’u Burundi mu rukiko

Imiryango ibiri ihagarariye Abanyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yareze Leta y’u (…)

Amerika yasabye Leta ya RDC kubahiriza agahenge

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad (…)

AFC/M23 yamaganye Ndayishimiye ukomeje kugaba ibitero ku Banyamulenge

Umuyobozi w’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille (…)