skol

Mu mahanga

Mangwende na Sefu ntibari kurutonde rwanyuma rw’abakinnyi berekeza muri Libya

Amavubi yitegura gukina na Libya yashyize hanze urutonde rwanyuma rw’abakinnyi 26 azakoresha mu (…)

ONU: Isiraheri na Hamas Bemeranyijwe Guhagarika Imirwano mu Turere 3 two muri Gaza

Umuyobozi mukuru mw’ishami rya ONU ryita ku buzima, OMS, ukorera nmuri palestina, yavuze ko (…)

RDC yasabye ingabo za Uganda kwinjira zikagenzura Umujyi wa Butembo

Ingabo za Uganda zatangiye kugenzura Umujyi wa Butembo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

RDC: Leta yasabwe kugabanya abasirikare mu mujyi wa Goma

Sosiyete sivile ikorera mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye (…)

Perezida Macron yigaramye ibyo gufunga Umuyobozi wa Telegram kubera impamvu za politike

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko ifungwa ry’uwashinze urubuga Telegram akaba (…)

M23 yafashe agace ka Kikuvo nyuma kugabwaho igitero

Nyuma y’amasaha make y’imirwano, inyeshyamba za M23 zigaruriye agace ka Kikuvo, umudugudu wo (…)

Rutchuru: inka 250 zasahuwe na FDLR mu gace ka Bulungu

Agce ka Bulungu kagenzurwa na M23 hasahuwe inka z’abaturage 250 abarwanyi ba FDLR nibo bashizwe (…)

Goma: Havumbuwe Ikirundo Cy’ Amasasu Yari Ahishe m’ Ubutaka

Amakuru aturuka mu mu jyi wa Goma aravuga ko hari ikirundo cy’ intwaro ziganjemo amasasu (…)

Somalia yahaye integuza Ethiopian Airlines ko iri bukumire ingendo zayo

Guverinoma ya Somalia, yavuze ko yahagaritse iri buhagarike ingendo z’indege za Ethiopian (…)

Israel yagabye ibitero 10 bikomeye by’indege muri Liban

Israel yatangaje ko Igisirikare cyayo cyagabye igitero cy’indege z’intambara ku birindiro bya (…)

Barack Obama yongeye gucyeza Harris Kamala

Mu nama y’Abademokarate yateranye ku munsi w’ejo hashize mu mujyi wa Chicago muri Leta ya (…)

Uwari Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatawe muri yombi

Uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bernard Takaishe, (…)

Tchad: Imyuzure ikomeje guhitana ubuzima bw’abaturage

Mu gihugu cya Tchad bari mu marira nyuma y’uko imyuzure ihitanye ubuzima bw’abasaga 54, kandi (…)

Impanuka ya Bus n’ikamyo yahitanye 6 abandi barakomereka cyane

Impanuka idasanzwe y’ikamyo yari itwaye ifu hamwe na bisi yerekezaga i Kampala yahitanye abagera (…)

USA: Hillary Clinton yasabye abagore bose gutora Kamala Harris. Ese amateka ntazisubiramo?

Mu nama ikomeye yahuje abarwanashyaka b’ishyaka ry’Abademokrate, Hillary Clinton, yibukije (…)