skol

Mu mahanga

Donald Trump yashyize yemeza ko bishe umuhungu wa Osama Bin Laden ndetse n’icyo Al Qaeda izahomba

Perezida wa USA,Donald Trump yemeje ko ko Hamza Bin Laden, umuhungu wa Osama Bin Laden yiciwe (…)

Umuryango wa Mugabe wavuye ku izima wemera ko bamushyingura mu irimbi ry’intwari

Umuryango wa Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe wamaze kuva ku izima wemera ko uyu (…)

Umwana w’imyaka 2 yanigishije nyina ikirahuri cy’idirishya ry’imodoka arapfa

Umugore witwa Yulia Sharko ukomoka mu gace kitwa Žabinka muri Belarus yishwe n’umwana we (…)

Impunzi zo muri Libya ziravuga ko kuzanwa mu Rwanda ari nko kuva I buzimu bagaruka I buntu

Abimukira bagera kuri 500 bagiye koherezwa mu Rwanda, umwe muri bo yabwiye BBC ko kubavana muri (…)

Karongi: RIB yataye muri yombi abantu 3 bakekwaho kwica umumotari bagatwara moto ye

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ruratangaza ko rwataye muri yombi abantu 3 bakekwaho (…)

Kenya: Abagore babiri baguranye abagabo mu buryo butangaje cyane

Abagore babiri bo mu gace kitwa Busia muri Kenya barimo uwitwa Lilian Weta w’imyaka 28 ufite (…)

Perezida Trump yatutse bikomeye umuhanzi John Legend n’umugore we Chrissy Teigen

Perezida wa USA,Donald Trump yongeye kugaragaza imyitwarire idahwitse ubwo yajyaga kuri Twitter (…)

Tanzania: Impunzi z’Abarundi ziri mu marira nyuma yo kubuzwa gucuruza ngo zishake amaramuko

Impunzi z’Abarundi zo mu nkambi ya Nyarugurusu iri mu ntara ya Kigoma muri Tanzania zivuga ko (…)

Umuryango wa Mugabe washwanye na Leta bapfa aho kumushyingura

Abagize umuryango wa Robert Mugabe uherutse kwitaba imana bateranye amagambo n’abayobozi ba Leta (…)

Michelle Obama yashyize hanze ifoto ye akiri umwana itangaje anatanga ubutumwa bwakoze benshi ku mutima

Umugore wa Barack Obama wakoze amateka yo kuba perezida wa mbere w’umwirabura wategetse USA (…)

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze Robert Mugabe watabarutse n’ubutegetsi bwe [AMAFOTO]

Robert Mugabe azakomeza kwibukwa na benshi nk’intwari yaharaniye ubwigenge bwa Zimbabwe, (…)

Robert Mugabe wamaze imyaka 37 ayobora Zimbabwe yatabarutse

Robert Gabriel Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe yatabarutse azize uburwayi bwo mu za (…)

Ibihumbi by’abanya Mozambike byakiriye Papa Francis mu buryo budasanzwe [AMAFOTO]

Imbaga y’abantu bari mu byishimo baraye bakiriye Papa Francis ubwo yageraga muri Mozambique mu (…)

Afurika y’Epfo yarekuye indege ya Tanzania yari imaze iminsi yarafatiriye

Indege ya Air Tanzania yari yarafatiriwe muri Africa y’Epfo yamaze kurekurwa nyuma y’ihangana mu (…)