skol

Mu mahanga

Igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle bakomeje kwirukana umusubirizo abakozi barera umwana wabo

Igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle bakomeje guca ibintu kubera ukuntu birukana (…)

Perezida Nkurunziza yamaze amatsiko abibaza niba azongera kwiyamamariza kuyobora Uburundi

Perezida w’igihugu cy’u Burundi, Petero Nkurunziza yavuze ko imihigo n’imigambi yari yarihaye (…)

Minisitiri w’intebe wa RDC agiye gushyiraho guverinoma nshya itegerejwe na benshi

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ilunga Ilunkamba yaganiriye na (…)

Burundi :Umurwanashyaka wa CNL yishwe abandi batandatu barakomereka

Umurwanashyaka w’ishyaka rya CNL ryashinzwe na Agayhon yaraye yishwe abandi batandatu (…)

Umugabo uhabwa amahirwe menshi yo gusimbura perezida Nkurunziza yamenyekanye

Mu gihe habura igihe gito kugira ngo amatora mu Burundi abe,benshi bakomeje kwibaza uzaserukira (…)

Afghanistan: Umwiyahuzi yaturikirije igisasu mu bukwe gihitana abantu 63 abarenga 180 barakomereka

Igisasu cyaturikiye mu bukwe bwaberaga i Kabul mu murwa mukuru wa Afghanistani gihitana abantu (…)

Bebe Cool yandagaje Bobi Wine na Chameleone asaba abanya Uganda kutazatakaza umwanya babatora

Umuhanzi Moses Ssali uzwi Bebe Cool yavuze ko nta bushobozi bwo kuyobora Uganda Bobi Wine afite (…)

Umuseriveri wo mu Bufaransa yarashwe n’umukiriya arapfa kubera gutindana umugati wa sandwich yamutumye

Umuseriveri’ (serveur) w’i Paris mu murwa mukuru w’Ubufaransa yarashwe n’umukiliya, amakuru (…)

Abagenzi 233 barokotse mu buryo bw’igitangaza nyuma y’aho indege barimo yagonze inyoni igakora impanuka

Indege itwara abagenzi yo mu Burusiya yagonze itsinda ry’inyoni bituma ihanuka yisekura hasi mu (…)

Ifoto ya perezida Buhari ari kwambikwa imyenda n’abana be yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Abana batatu ba Perezida wa Nigeria,Muhammadu Buhari batumye benshi basesa urumeza ndetse bavuga (…)

Icyorezo cya Ebola gishobora kuba kigiye kubonerwa umuti

Ubushakashatsi bwatangaje ko igisubizo cya Ebola gishobora kuba kigiye kuboneka,nyuma (…)

Inyeshyamba za Al Shabaab zongeye kurasa ku ngabo z’Abarundi ziri mu butumwa bwa AMISOM

Imirwano y’imbunda ziremereye yumvikanye mu masaha yo ku wa gatandatu mu ntara ya Lower Shabelle (…)

Tanzania: Imodoka itwara Essence yafashwe n’inkongi y’umuriro ihitana abarenga 60

Abantu barenga 60 nibo bivugwa ko bamaze gupfa bahitanywe n’ikamyo itwara lisansi yakoze (…)