skol

Mu mahanga

NASA yongeye gukura imitima abatuye isi ubwo yatangazaga akaga kayugarije

Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe ubumenyi bw’ikirere NASA cyatangaje ko ikibuye kinini kingana (…)

Abasore bambariye ubusa buri buri ku ngoro y’amateka yo mu Butaliyani bari mu mazi abira [AMAFOTO]

Abasore bakomoka mu Bwongereza bari guhigishwa uruhindu kubera amahano bakoreye ku ngoro yitwa (…)

Reba uko abasirikare ba Uganda bakubise umunyamakuru wa Reuters [VIDEO]

Igisirikare cya Uganda cyasabye imbabazi kubera icyo cyavuze ko ari imyitwarire itari iya (…)

Umupolisikazi yabaye icyamamare kubera gufotorwa ari konsa umwana w’umugore wari urembye cyane [AMAFOTO]

Umupolisikazi ukomoka muri Argentina witwa Celeste Ayala urinda ku bitaro bivura abana bya Sor (…)

Arsène Wenger agiye gushimirwa na Perezida George Weah wa Liberia

Arsène Wenger yabaye umutoza wa George Weah mu ikipe ya Paris Saint-Germain mu myaka ya 1990 (…)

Ese urukiko rwa gisirikare muri Uganda rufite ububasha bwo kuburanisha Depite Bob Wine?

George Kanyeihamba, wahoze ari umukuru w’urukiko rw’ikirenga rwa Uganda, yavuze ko urukiko rwa (…)

Stormy Daniels wavuze ko yasambanye na Donald Trump agiye guhabwa akayabo k’amapawundi

Stormy Daniels ukina filimi z’urukozasoni watangaje ko yasambanye na Donald Trump bikamugira (…)

Amabandi yitwaje intwaro yinjiye mu kibuga arasa umukinnyi arapfa

Mu gihugu cya Mexico,amabandi 20 yitwaje intwaro yinjiye ku kibuga ahaberaga umukino wa Real (…)

Turukiya yatangiye guhangana na Amerika

Turukiya yihimuye kuri Amerika ihanika imisoro ku bicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe (…)

Abapadiri 300 barashinjwa gusambanya no gufata abana ku ngufu barimo n’ababahungu

Urukiko rw’Ikirenga muri Leta ya Pennsylvania imwe mu zigize Leta zunze Ubumwe za Amerika, (…)

Umwarimu yafashwe ari gukorera ikizamini cya Leta umusirikare

Umwarimu witwa Benjamin Manirambona wo mu Burundi yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kubera ko (…)

Urutonde rw’imigi 10 yoroshye n’10 igoye kuyibamo ku isi muri uyu mwaka wa 2018

Ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The Economist cyo mu Bwongereza bwagaragaje ko Vienna, (…)

RDC: Abaganga 74 bashyizwe mu kato kubera Ebola

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, abaganga 74 bashyizwe mu kato, nyuma yo gukekwaho (…)