skol

Mu mahanga

Inzovu yishe umugore bituma abaturage bashyamirana na Leta yababujije kuyica

Abaturage bo mu Buhindi bariye karungu barashaka ko Leta ibareka bakica inzovu yishe umugore (…)

Umusaza w’imyaka 60 yatawe muri yombi kubera gusambanya umwana w’imyaka 10

Umugabo w’imyaka 60 ukomoka mu Buhindi mu mujyi witwa Bhubaneswar yatawe muri yombi kubera (…)

Umukozi yahawe imodoka nshya kubera kugenda ibirometero 32 n’amaguru

Iyi modoka yayihawe nyuma y’uko iyo yari asanzwe afite ipfuye mbere y’umunsi we wa mbere (…)

Babana bakuwe mu buvumo bashobora kuza kugirwa abayobozi

Abahungu 12 n’umutoza wabo w’umupira w’amaguru barokowe bakurwa mu buvumo bwibasiwe n’imyuzure (…)

Perezida Trump yisubiyeho ku magambo yavuze ku kwivanga mu matora k’Uburusiya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko yemera umwanzuro w’inzego (…)

Perezida Magufuli yavuze ko ishyaka rye rizayobora Tanzania ubuziraherezo

Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yavuze ko ishyaka rye Chama cha Mapinduzi (CCM) (…)

Perezida Nicolas yishingikirije igikombe cy’isi asaba Uburayi kureka ivangura rikorerwa abimukira

Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela yavuze ko Afurika ari yo yahesheje Ubufaransa igikombe (…)

Ibirego byinshi byatumye Koffi Olomide akumirwa kwinjira muri Zambiya

Umuririmbyi Koffi Olomide wo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo w’icyamare mu njyana (…)

Igishyika mu cyaro Obama avukamo muri Kenya umutekano wakajijwe

Hari igishyika cyinshi mu cyaro cya Kogelo mu burengerazuba bwa Kenya aho umuhungu wabo (…)

Trump arifuza kuba inshuti magara ya Putin nyuma yo guhurira nawe muri Finland [AMAFOTO]

Perezida wa USA Donald Trump na Vladmir Putin uyu munsi bahuriye mu mujyi wa Helsinki muri (…)

Ba bana bakuwe mu buvumo bibutse uwapfuye agerageza kubatabara bararira

Mu gihugu cya Thailand, Abahungu 12 bakina umupira w’amaguru barokowe bakurwa mu buvumo bari mu (…)

Abafaransa 2 baraye basize ubuzima mu birori byo kwishimira igikombe cy’isi batwaye [AMAFOTO]

Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Bufaransa baraye mu birori byo kwegukana igikombe cy’isi (…)

Se wa Meghan Markle washyingiranywe n’igikomangoma Harry yavuze ko umwana we abayeho nabi

Papa wa Meghan Markle yavuze ko umwana we atamerewe neza mu muryango w’ibwami ndetse bigaragazwa (…)

Uwahoze ari Ambasaderi w’Ubwongereza muri USA yatezwe n’abana baramukubita bamugira intere

Uwahoze ari Ambasaderi w’Ubwongereza muri USA kuva mu mwaka wa 1973 kugeza 2003 Sir Christopher (…)

Donald Trump yagaragarijwe urwango rukomeye n’Abongereza yasuye [AMAFOTO]

Ibihumbi by’Abongereza byiroshye mu mihanda byamagana perezida wa USA Donald Trump wabasuye aho (…)