skol

Mu mahanga

Umugabo yakorewe iyicarubozo nyuma y’imyaka 10 afashwe ari kunywera inzoga mu bukwe

Umugabo ukomoka muri Iran wafatiwe mu bukwe ari kunywa ubwo yari afite imyaka 14,yakubiswe (…)

Umuganga yaroze abarwayi 20 bari barembye cyane kugira ngo yigire mu kiruhuko

Umugangakazi w’Umuyapani witwa Ayumi Kuboki w’imyaka 31 yatawe muri yombi mu Cyumweru gishize (…)

Perezida Trump aravuga ko Ubudage bukoreshwa n’Uburusiya

Perezida Donald Trump w’Amerika aravuga ko kuba Ubudage butumiza mu Burusiya umwuka kamere wo (…)

Abakobwa bamennye amazi ashyushye mu myanya y’ibanga ya mugenzi wabo bamuziza kubatwara umusore

Umukobwa ukomoka mu Burusiya w’imyaka 17 utavuzwe amazina kubera impamvu z’umutekano we, yahuye (…)

Umugore w’umunya Iran yahuye n’uruva gusenya kubera gukuramo umwitero we

Umugore witwa Shapark Shajarizadeh yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 kubera gukuramo umwitero (…)

Umwana wavutse afite ijisho rimwe yakorewe irindi mu nyama zo ku nda ye[AMAFOTO]

Uko isi igenda itera imbere niko abahanga bakomeza kwiyongera aho mu Bwongereza hari kuvugwa (…)

Murumuna wa Meghan Markle yatutse umukwe wabo prince Harry aramwandagaza

Umuvandimwe wa Meghan Markle washakanye n’igikomangoma cy’Ubwongereza Harry, witwa Samantha, (…)

Umusore wo muri Uganda yakatiwe gufungwa imyaka ibiri azira ko yaterese umudepite

Umusore w’umunyeshuri wahuye n’akaga gakomeye agakatirwa imyaka ibiri y’igifungo azira (…)

Urukiko rwo mu Bufaransa rwashimangiye igifungo cya Burundu kuri Barahira na Ngenzi

Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa gatanu ,urukiko rukuru rw’i Paris mu Bufaransa rwashimangiye (…)

Perezida Magufuli wa Tanzania ntagikunzwe nka mbere

Uko Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli akunzwe byagabanyutseho 16% bigera kuri 55% bivuye (…)

Perezida Museveni ashyigikiye ko abakoresha imbuga nkoranyambaga basora

Abinyujije mu butumwa bwo kuri Facebook, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yashyigikiye umusoro (…)

Umuryango w’abantu 11 wiyahuriye umunsi umwe kubera kwizera imyuka mibi

Polisi yo mu Buhinde iri gukora iperereza ry’umuryango w’aba Bhatia wiyahuriye umunsi umwe mu (…)

Uwahoze ari umusirikare yapfuye ari gutabara ikipe y’abana 12 bananiwe kuva mu buvumo bwo muri Thailand

Uwahoze ari umusirikare wo mu mazi wari uzi koga yibira mu mazi muri Thailand witwa Saman Gunan (…)

‘Ibyo Nkurunziza yatangaje ni amahirwe yo gushimangira demukarasi’ - US

Ambasaderi wa Leta zunze Ubumwe za Amerika mu Burundi Anne Casper, yashimye Perezida w’ u (…)

Idubu ryishe umugabo w’intwari warirwanyije ashaka gutabara abana be

Umugabo witwa Aaron Gibbons w’imyaka 31 ukomoka muri Canada yahuye n’uruva gusenya ubwo yari (…)