Kuri uyu wa Gatandatu nibwo amakipe ahangana cyane ndetse ahuruza benshi araza gutana mu mitwe mu mukino wa Super Cup urabera I Rubavu kuri Stade Umuganda guhera ku I saa kumi n’ebyiri z’umugoroba....
Abasore 2 bari bahagarariye u Rwanda mu gusiganwa mu muhanda mu batarengeje imyaka 23 ,Mugisha Samuel na Areruya Joseph ntibahiriwe n’irushanwa cyane ko aba bombi batabashije kurisoza. Ubwo iri...
Ineza iri kumwe n’icyana cyayo (Ifoto/ A. Manirarora)
Nyuma y’ imyaka isaga 10 inyamaswa zitwa inkura zicitse mu Rwanda, kuri uyu wa 22 Nzeli imwe mu Nkura 18 ziherutse kuzanwa mu Rwanda yabyaye....
Kuri uyu wa 22 Nzeli 2017, urukiko rwa Kigali rwategetse ko Bishop Sibomana Jean wahoze ari umuvugizi w’ ADEPR afungurwa by’ agateganyo kubera impamvu zirimo n’ uburwayi.
Saa tanu zo kuri uyu wa...
Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe mu kiganiro yagejeje ku bakuru b’ibihugu bitabiriye inteko rusange y’ umuryango w’ abibumye I New york yagereranyije Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’...
Capt. Kamurari Nicodeme , wahoze mu gisirikare cy’u Burundi akaba azwiho kuba ari we wururukije idarapo ry’u Bubiligi ubwo u Burundi bwari bumaze kubona ubwigenge, yashyiguwe mu cyubahiro.
Uyu...
Prof Silas Lwakabamba wari umaze imyaka ibiri ari umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya Kibungo, INATEK yeguye kuri uyu mwanya.
Kuri uyu wa 21 Nzeli, nibwo Lwakabamba yagejeje muri iyi kaminuza...