Ese Rucagu yari ari he ubwo indege ya Habyarimana yaraswaga? Ngo yabaye mu Urugwiro hafi imyaka 10
Yanditswe: Wednesday 27, Mar 2019
Rucagu Boniface, umwe mu basaza b’inararibonye ndetse akaba n’umwe mu bagize Akana Ngishwanama k’Inararibonye z’u Rwanda yahaye ikiganiro Umuryango aho yatuganiriye byinshi ku mateka yanyuzemo ndetse n’ay’igihugu muri Rusange.
Muri iki gice cya kabili cy’ikiganiro twagiranye, Rucagu atangira atubwira aho yari ari ubwo indege yari itwaye Perezida Habyalimana Yuvenal yahanurwaga n’abantu bataramenyekana kugeza ubu, uko aho yari atuye inkotanyi zahafashe, uko zamutumyeho zikamusubiza imodoka ye, uko nyuma yahungiye Inkotanyi ku Ruyenzi, Bishenyi, Kagyayi, Bulinga kugeza zimusanze Rusizi.
Muri iki kiganiro Rucagu avuga hari mu Urugwiro imyaka igera kuri 10!
Byinshi muri kiganiro twagiranye
Ibitekerezo
umwanya wo kumva ntabwo uboneka, ibyiza ni gusoma. nkubu iyinkuru ntakintu nyifasheho