skol
fortebet

Politiki

Gasabo: Gitifu w’Umurenge wa Bumbogo yasezeye ku kazi avuga ko agiye gukemura ibibazo biri iwe

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bumbogo Jean Bosco UZAYISENGA yandikiye Umuyobozi (...)

Kwibuka24: ‘Kwibuka ntibizahagarara’ Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasobanuye byimbitse icyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi (...)

Ise wa Kayumba Nyamwasa yitabye Imana

Umubyeyi w’ umupolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda Gen. Kayumba Mwamwasa yitabye (...)

Leta y’ u Rwanda yafatiriye konti 29 n’ ibyangombwa by’ ubutaka by’abakekwaho kunyereza umutungo

Mu rwego rwo gukurikirana no kugaruza umutungo w’igihugu wanyerejwe n’abayobozi batandukanye, (...)

Gukosora: ntabwo umwiherero w’abayobozi b’inzego z’ibanze waganiriye ku bizamini by’akazi bitangwa na RALGA

Mu nkuru yatangajwe n’ikinyamakuru umuryango.rw ku wa mbere tariki ya 02 Mata 2018 igira iti (...)

‘Umwaka ushize umusaruro w’ ubuhinzi wariyongereye kurusha uwawubanjirije’ Dr Ngirente

Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yagaragarizaga inteko ishinga amategeko (...)

Ladislas NGENDAHIMANA yasimbuye Egide RUGAMBA ku buyobozi bwa RALGA (Yavuguruwe)

Ishyirahamwe rihuza inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali RALGA ryabonye Umuyobozi mushya Ladislas (...)

Icyo gihe: Kuva taliki 02 Mata 2014 ababanaga na Kizito Mihigo bibazaga aho yarengeye n’icyo yabaye

Habura iminsi itanu ngo icyumano cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 20 (...)

Minisitiri Busingye afite inzozi ko umunsi umwe gereza zo mu Rwanda zizahinduka amashuri n’ amahoteli

Minisitiri w’ ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye afite icyizere ko u Rwanda ruzagera (...)

RURA yatanze ikizere ko mu minsi iri imbere interineti yo mu modoka izakora neza

Ikigo cy’ igihugu ngenzuramikorere RURA cyatangaje ko ibibazo byatumye Connection yo mu modoka (...)

Kuba uyu munsi u Rwanda rutekanye ntibyikoze – Minisitiri Uwacu

Minisitiri w’ Umuco na Siporo Uwacu Julienne yavuze ko kuba u Rwanda rwaravuye muri Jenoside (...)

‘Nagize ngo hari undi wabikoze. Ibisubizo nk’ ibyo njye ndabyumva bikandwaza’ Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakebuye abayobozi b’ u Rwanda birengagiza inshingano zabo (...)

Amasaro yasabwe kuba yujuje ibintu 9 birimo ubwiherero n’ ubwishingizi

Ikigo cy’ igihugu cy’ ubuziranenge RSB cyashyizeho urutonde rw’ ibintu 9 saro z’ ubwiza zigomba (...)

Menya ibikurikizwa mukuzamura abasirikare b’ u Rwanda mu ntera

Iteka rya Perezida nº 22/01 ryo ku wa 21 Ukwakira 2016 rishyiraho sitati yihariye y’ingabo z’u (...)

Perezida Kagame yagaragaje ibanga ryatuma Afurika yihuta mu buvumbuzi

Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa 26 Werurwe 2018, yatangiye inama mpuzamahanga ya Siyansi Next (...)

0 | ... | 1560 | 1575 | 1590 | 1605 | 1620 | 1635 | 1650 | 1665 | 1680 | ... | 2250