skol

Politiki

Abagore baragaya bagenzi babo bigometse ku bagabo babo babyita uburinganire

Abagore bo mu ntara y’iburasirazuba bavuze ko hari bagenzi babo bumvishe nabi ihame ry’ (…)

Gitifu wa Nyabihu yasezeye ku mirimo

Ngabo James Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu yasezeye ku mirimo nyuma y’ukwezi (…)

Abasenateri basuzumye amategeko agenga ibigo bya Leta

Abasenateri bahuriye mu nteko rusange y’igihembe kidasanzwe yari yatumiwemo minisitiri w’abakozi (…)

Busabizwa niwe meya w’ agateganyo w’ umugi wa Kigali

Nyuma y’ uko Nyamulinda Pascal wari Umuyobozi w’ umugi wa Kigali yeguye mu buryo bwatunguye (…)

Pascal Nyamulinda wari umaze umwaka ayobora umugi wa Kigali yeguye

Nyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali (…)

Umunyarwandakazi agiye guhabwa igihembo n’ umwamikazi w’ Ubwongereza

Mary Balikungeri washinze umuryango Rwanda Women’s Network (RWN) yatoranyijwe mu bazahabwa (…)

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi batatu abasaba kwirinda kuruha imburagihe

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi batatu barimo Dr Uwera Claudine uherutse kugirwa (…)

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi batatu bashya

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi batatu barimo Dr Uwera Claudine uherutse kugirwa (…)

Ishyaka PSD ryafashe mu mugongo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Hon. Vincent Biruta Perezida wa PSD Ishyaka riharanira Demukarasi n’ Imibereho Myiza y’ (…)

Gasabo: Gitifu w’Umurenge wa Bumbogo yasezeye ku kazi avuga ko agiye gukemura ibibazo biri iwe

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bumbogo Jean Bosco UZAYISENGA yandikiye Umuyobozi (…)

Kwibuka24: ‘Kwibuka ntibizahagarara’ Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasobanuye byimbitse icyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi (…)

Ise wa Kayumba Nyamwasa yitabye Imana

Umubyeyi w’ umupolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda Gen. Kayumba Mwamwasa yitabye (…)

Leta y’ u Rwanda yafatiriye konti 29 n’ ibyangombwa by’ ubutaka by’abakekwaho kunyereza umutungo

Mu rwego rwo gukurikirana no kugaruza umutungo w’igihugu wanyerejwe n’abayobozi batandukanye, (…)

Gukosora: ntabwo umwiherero w’abayobozi b’inzego z’ibanze waganiriye ku bizamini by’akazi bitangwa na RALGA

Mu nkuru yatangajwe n’ikinyamakuru umuryango.rw ku wa mbere tariki ya 02 Mata 2018 igira iti (…)

‘Umwaka ushize umusaruro w’ ubuhinzi wariyongereye kurusha uwawubanjirije’ Dr Ngirente

Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yagaragarizaga inteko ishinga (…)