skol

Politiki

Ladislas NGENDAHIMANA yasimbuye Egide RUGAMBA ku buyobozi bwa RALGA (Yavuguruwe)

Ishyirahamwe rihuza inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali RALGA ryabonye Umuyobozi mushya Ladislas (…)

Icyo gihe: Kuva taliki 02 Mata 2014 ababanaga na Kizito Mihigo bibazaga aho yarengeye n’icyo yabaye

Habura iminsi itanu ngo icyumano cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 20 (…)

Minisitiri Busingye afite inzozi ko umunsi umwe gereza zo mu Rwanda zizahinduka amashuri n’ amahoteli

Minisitiri w’ ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye afite icyizere ko u Rwanda ruzagera (…)

RURA yatanze ikizere ko mu minsi iri imbere interineti yo mu modoka izakora neza

Ikigo cy’ igihugu ngenzuramikorere RURA cyatangaje ko ibibazo byatumye Connection yo mu modoka (…)

Kuba uyu munsi u Rwanda rutekanye ntibyikoze – Minisitiri Uwacu

Minisitiri w’ Umuco na Siporo Uwacu Julienne yavuze ko kuba u Rwanda rwaravuye muri Jenoside (…)

‘Nagize ngo hari undi wabikoze. Ibisubizo nk’ ibyo njye ndabyumva bikandwaza’ Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakebuye abayobozi b’ u Rwanda birengagiza inshingano zabo (…)

Amasaro yasabwe kuba yujuje ibintu 9 birimo ubwiherero n’ ubwishingizi

Ikigo cy’ igihugu cy’ ubuziranenge RSB cyashyizeho urutonde rw’ ibintu 9 saro z’ ubwiza zigomba (…)

Menya ibikurikizwa mukuzamura abasirikare b’ u Rwanda mu ntera

Iteka rya Perezida nº 22/01 ryo ku wa 21 Ukwakira 2016 rishyiraho sitati yihariye y’ingabo z’u (…)

Perezida Kagame yagaragaje ibanga ryatuma Afurika yihuta mu buvumbuzi

Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa 26 Werurwe 2018, yatangiye inama mpuzamahanga ya Siyansi Next (…)

Gasabo: Abarwanashyaka ba PSD mu myiteguro y’ amatora y’ Abadepite

Ishyaka riharanira Demukarasi n’ imibereho myiza y’ Abaturage PSD ryasoje ikikorwa cyari kimaze (…)

Perezida Museveni yavuze ko yishimiye kwakira Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye uruzinduko rw’ akazi rw’umunsi muri Uganda yakirwa na (…)

U Rwanda rwatanze 1 000 000 $ yo kurwanya iterabwoba muri Sahel

Perezida wa Komisiyo y’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe Moussa Faki Mahamat yamiye Leta y’ u (…)

Ibihugu 44 byemeye isoko rusange, 27 byemera gufungura imipaka

Ibihugu 44 byashyize umukono ku masezerano atangiza isoko rya Afrika Mu nama idasanzwe y’ (…)

Perezida Kagame yakiriye Perezida Ramaphosa

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Perezida w’ igihugu cya Afurika y’ Epfo wamaze kugera (…)

Isoko rimwe rya Afurika rikeneye uruhare rw’ abikorera mu rwego rutigeze rubaho – Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ibihugu by’ Afurika bikorana ubucuruzi n’ ibihugu (…)