skol
fortebet

Ubukungu

Leta y’u Rwanda yigomwe amahoro kugira ngo ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli bidahinduka

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu (…)

Itangazo: Uwitwa Habimana Emmanuel yasabye guhindura amazina akitwa Habonimana Emmanuel

Uwitwa Habimana Emmanuel yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa (…)

Ingengo y’imari ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 342.2 Frw

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko amafaranga ateganyijwe mu ngengo (…)

Miliyari 5 na miliyoni 700 z’amafaranga ya Leta zaburiwe irengero umwaka ushize

Muri raporo raporo ye y’umwaka wa 2020 Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Biraro R. Obadiah (…)

Rwandair yafashe icyemezo cyo guhagarika ingendo zigana mu Buhinde

Sosiyete y’u Rwanda y’ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo (…)

Banki y’Isi yahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 30$ yo kurwanya Covid-19

Kuri uyu wa Kane Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’Isi, bashyize umukono ku masezerano y’inkunga (…)

Pasiporo y’u Rwanda yemerera uyifite kwerekeza mu bihugu 61 atabanje gusaba VISA

Raporo Ngarukamwaka ya Henley Passport Index, yagaragaje ko umubare w’ibihugu Abanyarwanda (…)

Abacururiza mu isoko rya Huye bamwe basabwe kuba bahagaritse akazi abandi basabwa gusimburana

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwasabye bamwe mu bacururiza mu isoko rya Huye kuba bahagaritse (…)

Umusoro w’ubutaka winubiwe na benshi mu Banyarwanda wakuweho

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana,yabwiye RBA ko impinduka zari zabayeho (…)

Umujyi wa Kigali watangiye gutunganya agace ka "Car Free zone" kugira ngo kanogere abidagadura [AMAFOTO]

Agace gasanzwe kazwi nka ’Car Free Zone’ katangiye gutunganywa n’Umujyi wa Kigali mu rwego rwo (…)

RRA yahishuye ko ibiciro bivuguruye ku musoro w’ubutaka bigiye gusohoka vuba aha

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyatangaje ko gahunda yo kuvugurura imisoro ku mutungo utimukanwa (…)

Rwandair yahagaritse ingedo muri Afurika y’Epfo, Zambia na Zimbabwe kubera Covid-19

Kompanyi y’indege ya leta y’u Rwanda,Rwandair, yatangaje ko kuva uyu munsi kuwa mbere (…)

TI-RW yagaragaje ko ruswa yikubye kabiri mu nzego zibanze

Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango urwanya ruswa n’Akarengane, Transparency International (…)

Hagiye gutangazwa impinduka ku musoro ku mutungo utimukanwa waremereye Abanyarwanda benshi

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Ndagijimana Uzziel, yatangarije RBA ko bitarenze uku kwezi (…)

RURA yatangaje igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli cyazamutse

RURA yatangaje igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli kizatangira kubahirizwa ku wa Kane, (…)