skol
fortebet

Ubukungu

Isesengura:“ Tap&Go” inyungu ku bashoramari, igihombo ku bakozi ?

Imyaka ikabakaba ibiri irashize mu Rwanda hinjijwe ikoranabuhanga mu kwishyura ingendo mu (...)

Abantu 1050 batanze amande ya miliyoni 353 kubera gukoresha EBM nabi

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro kiratangaza ko abantu 1050 aribo baciwe amande y’amafaranga (...)

Polisi irahiga bukware abinjije urumogi mu gihugu bifashishije ubwato

Ku itariki 5 z’uku kwezi , mu karere ka Rubavu hafatiwe ibiro 25 by’urumogi, Polisi ikaba ikomeje (...)

Burera: Polisi yafashe imodoka ipakiye magendu y’imyenda ya chaguwa

Polisi mu karere ka Burera ku itariki 30 z’ukwezi gushize yafashe imodoka ipakiye amabaro 60 ya (...)

DASSO yatoraguye miliyoni 2 z’amafaranga y’u Rwanda ayasubiza nyirayo

Ngoma- Umukozi w’ urwego rw’ akarere rucunga umutekano , DASSO witwa Tuyisenge Fabrice wo mu (...)

Nyabihu: Umusore wabitsaga kuri Mobile Money amafaranga y’amiganano yatawe muri yombi

Mushimiyimana Emmanuel w’imyaka 23 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka (...)

Hari kugeragezwa uburyo bwo kurwanya ibyonnyi birimo na nkongwa idasanzwe

Mu Rwanda hatangiye kugeragezwa uburyo bw’imihingire bugamije kurwanya ibyonnyi birimo na (...)

Rusizi: Umugabo aravugwaho gukosha umukobwa we inshuro ebyiri nka Rusisibiranya

Umugabo wo mu karere ka Rusizi witwa Nyabyenda Paulin aravugwago kuba yarakosheje umukobwa we (...)

2017: Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku gipimo giciriritse cya 5.2%

Banki y’isi iratangaza ko ubukungu bw’u Rwanda muri uyu mwaka buzazamuka ku gipimo giciriritse (...)

Polisi yafatanye umugabo mudasobwa enye zibwe muri G.S Gisozi

Polisi ikorera mu karere ka Gasabo, ku itariki 19 z’uku kwezi yafatanye umugabo witwa (...)

Muhanga: Polisi yataye muri yombi batatu bacukuraga kolta

Ku gicamunsi cyo ku wa mbere tariki 18 Ukuboza uyu mwaka, Polisi mu karere ka Muhanga yafashe (...)

Abakiriya ba Tigo Rwanda bagiye guhita bajya ku murongo wa Airtel

Bharti Airtel yasinye amasezerano na Millicom International Cellular akubiyemo ko Airtel Rwanda (...)

Ruhango: Umumotari arashinjwa guha ruswa y’ibihumbi 30 umupolisi

Polisi y’u Rwanda iragira inama abanyarwanda guca ukubiri n’umuco mubi wo gutanga ruswa kuko (...)

Umuyobozi mushya wa BRD yahawe umurongo ngenderwaho, Kanyankole arashimwa

Abagize inama y’ubutegetsi ya Banki y’u Rwanda ishinzwe Iterambere, BRD batangaje ko impinduka (...)

Abashoferi 30 bakekwaho guha ruswa abapolisi batawe muri yombi

Mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa kane tariki ya 7 Ukuboza, ishami rya Polisi rishinzwe (...)

0 | ... | 540 | 555 | 570 | 585 | 600 | 615 | 630 | 645 | 660 | ... | 780