skol
fortebet

Ubukungu

Perezida Kagame yijeje Abanyarwanda gusuzuma ikibazo cy’umusoro w’Ubutaka wiyongereye cyane

Perezida Kagame Kagame yavuze ko ikibazo cy’izamuka y’umusoro w’ubutaka kigiye kwigwaho kugira (…)

RURA yasubije abanyarwanda bakekaga ko ibiciro by’ingendo birazamurwa kubera kugabanya abagenzi mu modoka rusange

Mu ijoro ryakeye nibwo Inama y’abaminisitiri yemeje ko Imodoka zitwara abantu mu buryo bwa (…)

RURA yahaye gasopo Airtel Rwanda yashinjwe gukora amatangazo yibasira MTN Rwanda

Nyuma y’amatangazo Airtel Rwanda yari imaze iminsi ikora akangurira abantu kuva ku giti (…)

Nyarugenge: Amaduka 60 yafunzwe kubera kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19

Abacuruzi 60 bo mu karere ka Nyarugenge ahazwi nko muri Down Town bafungiwe amaduka kubera (…)

Ibura ry’akazi, abanebwe n’inkorabusa ni imwe mu mizigo ikomeye ku bukungu

Ibarura rusange ryakozwe muri 2012 ryagaragaje ko ugereranyije abantu 100 bishingira/batunga (…)

KTN Rwanda na StarTimes bahembewe kuba ku isonga mu gutanga serivisi nziza

Startimes na KTN RWANDA (Sosiyete Nyarwanda yo kugura no kugurisha) ni bimwe mu bigo byegukanye (…)

Hari kugeragezwa ubuhinzi bushya mu Rwanda budakeneye ifumbire n’ubutaka

Mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kwihaza mu biribwa no kugabanya amafaranga bakoresha (…)

Igiciro cya Lisansi cyiyongereyeho amafaranga 10 mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki 04 (…)

U Rwanda na RDC bemeranyije korohereza ubuhahirane ku mipaka

Ku munsi w’ejo tariki ya 02 Ugushyingo 2020, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Munyantwari (…)

DGPR irifuza ko hakurwaho amananiza ari mu itangwa ry’inguzanyo yagenewe kuzahura abagizweho ingaruka na Covid-19

Uyu munsi nibwo abarwanashya b’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (…)

RURA yashyize hanze ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyinubiwe n’Abanyarwanda

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwaraye rushyize hanze ibiciro bivuguruye by’ingendo byatangiye (…)

RURA yanze kuva ku izima yemeza ko itari bugabanye ibiciro by’ingendo

Umuyobozi wa RURA, Lt Col Patrick Nyirishema yavuze ko barakomeza gukora n’izindi nzego (…)

Depite Dr Habineza Frank yasabye RURA kugabanya ibiciro by’ingendo mu kurengera rubanda

Umudepite akaba n’umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (…)

Izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa rikomeje guhangayikisha benshi mu Rwanda

Ku wa gatanu ku itariki ya 16 y’uku kwezi kwa cumi, isi yizihije umunsi mpuzamahanga (…)

RURA yatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda

Nyuma y’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 12 Ukwakira 2020, ikemerera imodoka (…)