skol

Ubukungu

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje ibiciro bishya ku birayi, kawunga n’umuceli

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko yakuyeho umusoro ku nyongera gaciro (TVA/VAT) ku biribwa (…)

U Rwanda rwabonye aho rugiye guhahira ingano n’ibigori kuri make

Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Prof Nshuti Manasseh yatangaje ko (…)

Ikigo NISR cyatangaje ko ibiciro ku isoko byongeye gutumbagira ugereranije n’umwaka ushize wa 2022

Imibare yatangajwe kuri uyu wa 10 Mata, igaragaza ko muri Werurwe 2023 ibiciro byiyongereye (…)

U Rwanda na Kenya byiyemeje gutahiriza umugozi umwe mu guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi

Ibihugu by’u Rwanda na Kenya, byiyemeje gutahiriza umugozi umwe mu guteza imbere ubuhinzi (…)

Dubai wubatse inzu zikagwira abantu yari yarahuye na Perezida Kagame

Ku itariki ya 5 ukuboza 2015 nibwo Nsabimana Jean yahuye na Perezida Paulo Kagame, amubwira (…)

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kugabanuka

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kugabanuka nk’uko (…)

Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke bari mu ruhuri rw’ibibazo

Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke ,baravuga ko aka Gakiriro gafite ibibazo birimo kuba nta (…)

Iby’inzu za "Dubayi" byabazwa Hon Kaboneka na Rwamurangwa! RHA yahagaritse ko zubakwa biranga

Iby’inzu za "Dubayi" byabazwa Hon Kaboneka na Rwamurangwa! RHA yahagaritse ko zubakwa biranga

Karongi :Ingo zose zizaba zifite amazi meza muri 2024

Akarere ka Karongi kizihije umunsi wahariwe amazi (Water Day )kuri uyu wa 29 Werurwe (…)

Inzego z’ibanze zigiye kongererwa amafaranga ya internet

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yavuze ko inzego z’ibanze zigiye kongererwa miliyoni (…)

Goverinoma yamaze gutanga akayabo ka nkunganire mu bigo bitwara abagenzi

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko imaze gutanga Miliyari hafi 50 z’amafaranga y’u Rwanda za (…)

RwandAir yaguze indege itwara abagenzi ifite ikoranabuhanga ridasanzwe

Ubuyobozi bwa Sosiyete Nyarwanda ikora ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu kirere (RwandAit), (…)

RICA yavuze ubundi buryo abadafite Frigo bazajya bacuruza inyama

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ihiganwa mu Bucuruzi no Kurengera Umuguzi (RICA), gisaba ababaga (…)

MINECOFIN igiye kwishyura ikirarane ku bigo bitwara abagenzi

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yijeje Urugaga rw’Ibigo bitwara abagenzi (ATPR), (…)

U Rwanda rugiye gukora imihanda kuyikoresha bizasaba kwishyura

Guverinoma y’u Rwanda irateganya gushyira mu bice bitandukanye imihanda izwi nka “routes à (…)